Monthly Archives: April 2025
Umwakagara asuzugura abategeka isi!!!
Kenya politicians faces God’s judgement!
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to all politicians of Kenya who’re against the will of people obtained № 35,096/0004/0025 thus is heaven decisions.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Dr. Fred Matiang’i obtained № 35,097/0004/0025 thus is heaven decisions.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhorera aabishwe bazize akamama!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirageze cyo guhorera amaraso yamenetse yose muri gakondo yabakiranutsi. Amaraso y’Abatutsi yazize ubusa, amaraso y’Abahutu bazize akamama, abo bose hamwe n’ingabo zishwe kurugamba zaragiye kwitabaro zikwicwa nabo zagiye gutabarana nazo, abo bose igihe cyo guhorera amaraso yabo kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ace imanza zitabera kubishwe bose bahoye ubusa kandi amaraso yabo akaba yaramenetse atariho urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Abigize ibigirwamana ni binaniramana bahangana n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo banyamoko uti, muhame hamwe b’abahinduke maze mubure aho mwerekera kugirango nibamara ku bajujubya muzongera mugaruke mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo mwihane kugirango abagirire ibambe uko niko umuhanuzi ategetse!!! Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo bwoko bwihinduye abanzi b’Uhorahora Uwiteka Imana Nyiringabo, iyo baza kuba abizerwa nta cyo bari kumuburana. Ariko dore ijambo ry’Uwiteka mwaritesheje uburyohe ndetse na baryumvaga ntabwo bakiri girira inyota kubera ubugome bwanyu mugaragaza kandi mubeshya ngo mwitirirwa izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.














