Barabwiwe banga kumva, iyo baza kubimenya byari kuborohera!!!

Nov 1, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uhawe ino ndirimbo kugirango uyiririmbe igufashe murugendo rwawe rwo mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyi ndirimbo iri mu ndirimbo zo gushimisha Imana mu ndirimbo zigi Swahili.Iyi ndirimbo iboneka mu gitabo cyitwa «NYIMBO Teule» ikaba indirimbo ya’49. (Thou my Everlasting Portion).
- Bwana U sehemu yangu, rafiki yangu wewe; katika safari yangu tatembea na wewe;
Pamoja na wewe; Pamoja na wewe, katika safari yangu tatembea na wewe.
- Mali hapa sikutaka Ili niheshimiwe, na yanikute mashaka, sawa sawa na wewe.
Pamoja na wewe; pamoja na wewe, heri nikute mashaka sawa sawa na wewe.
- Niongozi safarini, mbele unichukue, mlangoni mwa mbinguni
Niingie na wewe. Pamoja na wewe; Pamoja na wewe, mlangoni mwa mbinguni niingie na wewe.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abakomeye baje guhura nawe kandi ni wowe bifuza kuko bamaze gutakaza ibyiringiro by’imbaraga zabo, ubwenge bwabo, no gukomera kwabo, na maboko yabo n’ubushobozi bwabo kuko bibabereye impfabusa uko niko Uwteka abivuga.
Nov 2, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwitwa Gikundiro Jules amaze iminsi anegura umurimo ukora none Uwiteka na we aramuneguye kugirango azamenye yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven and told me that son of man of living God of heaven, just have a look front of you on board where there’s a word written called “KICK BACK” according Oxford English Mini Dictionary it means informa give up, or hit, proper forcibly a habit, an act of kicking or strong effect thus is the Lord almighty says.
Nov 3, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tereza amaso yawe maze urebe mu butayu bugufiya maze umbwire icyo ubonye mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, ni uko ndambura amaso yanjye ndeba mu butayu bugufiya nditegereza mbona ubutayu nta kintu kilimo maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambaza riti, mwana w’umuntu ubonye iki?
Ndasubiza nti, nta cyo mbonye ni uko arambwira ati, uko ubona ko nta cyintu kiri mu butayu, uko niko ikinyoma cy’Umwakagara kirangiye nta bwo kizongera kwibukwa ukundi kuko umwuka w’ikinyoma wagiye ahagaragara, maze Umwakagara akura ikinyoma cye mu bubiko agishyira ahagaragara isi yose irakibona uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imbaraga z’Umwakagara Paul Kagame nti zizongera kubaho ukundi mu isi yabazima, kuko igihe cyazo cyararangiye, ibyo akora byose nta na kimwe bizamumarira ariho gusa ategereje yuko umunsi w’Uwiteka ntarengwa uzamusohoraho kugirango ibyahanuwe na bahanuzi bisohore bijye ahagaragara maze Uwiteka yigarurire icyubahiro cyatwawe na bana b’abantu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ongera neza maze umbwire icyo ubonye, ndongera nditegereza ku nshuro ya ll mbona mu irango ry ’amarembo y’ubutayu bugufiya nta gucaracara, maze menya yuko imanza z’Uwiteka Imana Nyiringabo zigiye gutangira guciraho isi na bayituye ho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’ikinyoma wivanguye n’ukuli ugiye ahawo kandi ushyizwe ahagaragara kugirango ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rigire imbaraga mu batuye isi, kugirango bave mu gukiranirwa, ahubwo bagarukire Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwana w’umuntu ashyizwe hejuru nk’uko Uwiteka Imana ya bivugiye mu kanwa k’abahanuzi, dore ibyo yagambiriye byose arabishohoje nk’uko ya bivuze, imbaraga z’ikinyoma zivuye mu bwihisho bwacyo zishyizwe ahagaragara kuko igihe cy’i kinyoma kirangiye mu isi ya bazima ku bakiranuka bakaba bagiye guhabwa umucyo udasanzwe kandi bakaba bakuwe mu bwigunge kugira abatuye isi bamenye yuko Uwiteka ariwe muremyi w’isi n’ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo ufite imbunda yakorewe mu gihugu cy’America, uwo mugabo yaratumwe kuza kunyica, maze akimara kungeraho mfata ya mbunda igice kimwe ndakimwambura maze ahita arahunga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe amukurikirana, ariko nti yabasha kumufata ndamuhamagara aragaruka. Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwanzi wawe aratsinzwe imigambi ye yose nyiburijemo kuko yari yagambiriye ku kugirira nabi, ariko iyo migambi nyiburijemo kugirango atazigera agera kumugambi we uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Ibinyabiziga cyangwa imodoka (4) ziparitse kumurongo kandi zitangiye kwaka ngo zifate urugendo. Maze mbona iya mbere iragiye ninjira mu ya ll mu kanya gato nibona nzihagaze imbere ndeba uko zihaguruka zerekeza mu nzira yerekeza icyerekezo cy’u rugendo maze ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, igihe cyo gutangira umurimo w’Uwiteka kirageze kandi kirasohoye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi rigiye guhura na kaga gakomeye cyane kubera kutagendera mu nzira z’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze mbona ko inkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’abarozi na zo zihuye na kaga gakomeye cyane, mbona ko za magigiri na zo zihuye na kaga gakomeye cyane kubera kurwanya umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo utariho urubanza uko niko Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga z’abarozi bakoresha mu guhumanya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo zose zirangira burundu, maze mbona umwuka w’inzika y’inzigo na yo yongera guhaguruka kugirango yihorere maze ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, ba maso cyane, kandi witinya ahubwo ushikame kandi utuze maze turebe icyerekezo Uwiteka yavugiye mu kanwa k’umuhanuzi Majeshi Leon kuko Uwiteka Imana yagambiriye gukoza isoni abakiranirwa uko niko Uwiteka Imana abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko Bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Uburundi batahutse mu w’ 1994 bose ko bagiye kwinjizwa mu butayu bugufiya ndetse bakaba bakozwe nisoni vuba bishoboka kugirango Uwiteka Imana ahabwe icyubahiro kuko birase imbaraga zabo kandi bahora bumva ko ari bo bantu bonyine ntaho batandukaniye na banyamurenge biyumvisha ko kuri iyi isi ari bo bonye, nyamara ibiri kuri iyisi ibihakorerwa byose n’ubuntu bwa Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarozi, abatutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA (BURUNDI) hamwe n’urubyiruko rwabo bagiye guhanwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na bagore na bo hamwe na barozi-kazi bose bagiye guhanirwa hamwe kuko bakabije gukiranirwa uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intasi z’uRwanda zirimo kuguhigira hasi no hejuru, ariko barashinga umuhunda ku ikirenge, ahubwo dore bagiye guhura na kaga gakomeye cyane, dore ziyobowe na wa umwicanyi Nyagasaza Innocent Fruit dore bahimbye impamvu ingana n’umwana muto kugirango ikubere umutego nyamara bararuhira ubusa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inteko ya bacamanza zihimbye indi mpamvu yo gukoresha guhiga ubugingo bwawe, ariko bariyimbire kuko umwana w’umuntu, atari umwana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka, uwo mwuka uyobowe n’uwahoze ar ’umufasha wawe Mukandirima Murekatete Odette. Dore arahiga ubugingo bwawe, nyamara arashinga umuhunda ku kirenge kuko ibyo yifuza Uwiteka Imana adashobora kumukingurira amarembo kuko ari imigambi mibisha yo kumena amaraso, ariko we ntazabura guhanwa no gucirwa urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hadutse undi mwuka wa Destruction umwuka wo kurangaza maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu ube maso cyane, kandi ugire ubwenge kuko ha hagurutse umwuka wo kurangaza kugirango wihorere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kongera ku kubakira urugo rwawe kuko urwa mbere rutari mu bushake bw’Uwiteka wa bikoze mu bushake bwawe niyompamvu ijambo ry’Uwiteka ryakurwanije kugeza urugo rushizeho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ariko noneho Uwiteka yagambiriye ku kubakira urugo rundi rushya kugirango umurimo we uwukore utuje kandi uguwe neza mu nzira zo gukiranuka kuko nk’uko Uwiteka yabivuze agiye kuguha umufasha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 4, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi, mbona inyanja munsi y’uwo musozi mpagazeho, umusozi wari muremure cyane usumba inyanja, maze mu inyanja harimo umuhengeri n’umuyaga mwinshi cyane wazamura amazi menshi cyane kugirango ubashe kuri wa musozi narindiho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ngaho manuka uwo musozi urebe kuruhande rw’iburyo, mbona ko mfashe icumu mu ntoki, mbona icumu ryivanye mugiti cya ryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo maze ndakomeza ngeze imbere mpasanga umurengonti cyangwa iteme rinyuramo amazi, nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo teme mbona kuruhande hari inka na zo zari zintegereje ngo twambukane iryo teme inka bisobanura abadayimoni babatererano batunzwe n’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. Nuko nshaka uko na kwambuka jyenyine ntambukanye na bo badayimoni, ni uko mbona haje umwuka w’urukoza soni washakaga gusenya imirimo y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ni uko numva ijambo ry’Uwiteka rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteza ibibazo kugirango zikugwe gitumo zigufate mpiri zibone uko zikomeza imirimo yazo kuko wazibayeho igishakwe uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugore w’u mupfumu w’umuyisilamu kazi, ajya kuragurira ingoma y’abega, amaze kubageraho babanza kumusaba yuko yabanza guhuma amaso yanjye ndetse no kumboha kugirango abulizemo gahunda zanjye zose kugirango abone uko abakorera gahunda zabo neza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore wa mupfumu waraguriraga abega yananiwe kubakorera ibyo bamusabye, yagerageje ku guhuma amaso ariko byamunaniye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve uko uwo mupfumu kazi avuga, ntega amatwi numva avuga ngo, uyu mugabo akomoka mu bwoko butagoreka, afite imbaraga nyinshi cyane ziruta izanjye none yishe ingufu zanjye zose iyo nza kumenya ko afite izi mbaraga nta bwo nari kwirirwa Mugerageza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, izo za magigiri zashatse uliya mupfumu kazi, ziyobowe n’umwana w’u muhutu Umuhoza Benoni Zachariah akora muri DMI nyuma yaje kwirukanwa mu gisirikare ajyanwa I Paris mu gihugu cya France aho ashinzwe kugigira abahutu bene wabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kubera ishyari akugirira ahora mu bapfumu kugirango ajye aguteza imyuka mibi ngo utazigera umuruta ahubwo ujye uhora mu bibazo bidashira uzahore mu bucyene butarangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.