Monthly Archives: February 2025
Umwakagara na za magigiri bakomeza umwuga wo kuroga bawushyiramo ingufu nyinshi cyane!!!
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore kiriya gisiga cyo mu bwoko bw’inkanga (Guineafowl) abega bari bohereje uwo mudayimoni bibwira yuko utari butahure ko ari umudayimoni nyamara ntabwo bazi yuko aliyo mpamvu wazanywe kwigishwa mu butayu bugufiya kugirango uzabashe guhangana nizo inkozi zibibi nta bwo bazongera gukoresha uwo mudayimoni kuko wamaze kuwuciraho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Uyu n’ubwo atiyita umushambo kazi, ubanza batamurusha uburanga!?
Abagore bo mu nzu ya bashambo biyita abashambo kazi, byatangiriye muri Uganda mu myaka (10) ishize aho batangiye kwiyamamaza kuri internet babinyujije muri za nkoranyambaga zitandukanye aho batangiye bavuga yuko abashambo kazi ari beza kuruta abandi bakobwa cyangwa abagore bo mu yandi mazu nyarwanda.
Pope will not lead Sunday’s Angelus prayer, unclear how long he will stay in hospital
Pope Francis leads the vespers at Saint Paul Outside the Walls, in Rome on January 25.
The Vatican says it is unclear how long Pope Francis will stay in hospital and he will not lead Sunday’s Angelus prayer after he was admitted on Friday with a respiratory tract infection. The 88-year-old was admitted to Agostino Gemelli Polyclinic in Rome for treatment for bronchitis – the latest in a string of ailments that have raised concerns about his health.
Umuvumo wavumwe abashinzwe guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha
24 Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abantu bose bagambanira umulimo wanjye ndabavumye ndetse si wowe ubavumye kuko uri Umuhanuzi, ahubwo ni jyewe ubavumye ubwanjye kubera ubugizi bwabo bwa nabi, inda zabo ntizizigere zirumbuka, kandi abana babo ntibazigera baragarika kuko bagenje umugaragu wanjye nabi ndetse bakagerageza bagambiriye gusenya umurimo wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.















