Daily Archives: February 20, 2025

Files numbers Gen.James Kabarebe zimukozeho hamwe na Kanyuka

Amerika irashinja James Kabarebe wahoze ari minisitiri w’ingabo mu Rwanda ko ari we uri hagati y’ubufasha u Rwanda ruha M23. Ibiro bishinzwe kugenzura umutungo wo hanze Office of Foreign Assets Control (OFAC) bya Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize James Kabare na Lawrence Kanyuka ku rutonde rw’abo byafatiye ibihano.

Mbere yuko abega bakurwa ku ngoma, bazashwana n’amahanga menshi kugirango hatazaboneka abazabatabara mu marembera y’ingoma!!!

OCT 2, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zikomeje gukora ibyangwa n’amaso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore izo nkozi zibibi zo mu bwoko bw’Abega zilimo guhiga ubugingo bwawe kugirango ziburembure ukwiye kuba maso cyane no gusenga kugirango Uwiteka Imana yawe abagukize uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubuhanuzi nimanza zitabera byategetse ko Ruto azakurwa ku butegetsi mu buryo bukojeje isoni!!!

 

      ihurizo
Translate »
Skip to toolbar