Yahungiye ubwayi mu kigunda

Umuhanzi Delcat Idengo Yamaganye imikorere mibi y’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi ajyanwa muri gereza ya Munzeze ya GOMA arabizira, ajyanwa gufungirwa muri gereza ya GOMA, none RDF/M23 baramwivuganye. Umwanzi wabanyepolitike ntagira isura, upfa kuba utari mu murongo umwe na bo, ibyawe biba birangiye.

Iyo niyo mikorere y’inyeshyamba, ariko abahanzi na banyamakuru bo muri gakondo murabe maso nimwe mutahiwe rurya abandi rutabasize. Mukarere hari ifumba y’umuriro igiye gutwika isi yose. Umuserebanya barawubwiye bati nyamara iyo inzu wihishamo izashya, umuserabanya uti reka daaa nibisanzwe, bucyeye inzi iza gushya uhiramo. Ndetse na banyirinzu nabo nta mahirwe bagize yo gucika uwo muriro.

Translate »
Skip to toolbar