Daily Archives: February 14, 2025
Yahungiye ubwayi mu kigunda
Umuhanzi Delcat Idengo Yamaganye imikorere mibi y’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi ajyanwa muri gereza ya Munzeze ya GOMA arabizira, ajyanwa gufungirwa muri gereza ya GOMA, none RDF/M23 baramwivuganye. Umwanzi wabanyepolitike ntagira isura, upfa kuba utari mu murongo umwe na bo, ibyawe biba birangiye.
Kuba Russia ifite ibirindiro mu Burundi bya Nuclear, hanyuma CHINA ikagira ibirindiro DRCongo aho balimo gusahura amabuye ya gaciro, bifite icyo bihatse mukarere kibiyaga bigari!!?
Inyandiko rigenewe itangaza makuru y’inteko shingamategeko y’Uburayi European Union parliament, ku wa kane yarateranye yemeza umwanzuro w’inama ukubiyemo guhagarika amasezerano yo kugura amabuye ya gaciro yagiranye na Leta y’uRwanda nk’uko muri bubisange mu mugereka w’inyandiko y’inama rusange y’inteko shingamategeko y’ubumwe bw’Uburayi.













