Uwibwira yuko hari icyo azi, aba ari nta cyo azi ugereranije nibyo yakagombye kumenya!!!

23 Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zongeye kwinjira muri Gakondo y’Umuhanuzi kugirango barebe ko niba bishoboka bateza akaga ibyago, na makuba none umenye uko ugenza kugirango badasenya gakondo bahaweho umwandu n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, byaba byiza uhagaritse itumanaho ryose kugirango ubanze ugenzure uko uburiganya bwabo kugirango utaza kugwa mu mutego w’umwanzi (enemy) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi arimo gukurikirana telephone zawe zose uko uvugana na bantu na gahunda zawe zose, uramenye ntiwongere kugira uwo muvugana kugirango badatahura gahunda zawe uhindure telephone zose kandi ntiwongere kugira umuntu wizera ngo umuhe telephone numbers zawe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara agufitiye ubwoba cyane ko wa mucika ugakurwa mu gihugu cy’Ibabyloni atari yaguca igihanga, dore yagushyizeho ingenza yigize imfura, ariko ni magigiri ndetse n’inkoramaraso ishakisha ubugingo bwawe, dore ndaza kumushyiramo umwuka wo kwivamo nk’inopfu kugirango urusheho kumutahura umumenye neza imbere ni inyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uza ku kuganiriza inkuru ibijyanye n’ubugome yagiriwe ku buryo bufifitse uwo araba ari we ugenza ubugingo bwawe, umenye ko ari uwo, maze uhite ufata ibyemezo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu nguhaye kimenyetso ni uko ngiye ku koherereza umugisha kuko nzi neza yuko amikoro yawe yarangiye, kandi nyuma yuwo mugisha nzaguha abantu banjye baza guhesha umugisha uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi yakuragije inka “demons” ba maso cyane kandi asenge kuko Uwiteka agiye kugukorera ibikomeye uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bigize abahanga kandi bafite ubumenyi, none wowe menya uko ugenza bwa buryo ujya ubigenza uko niko ukwiye kubigenza kugirango uburizemo imigambi y’umwanzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abicanyi, na bagambanyi, na barozi bagambaniye gakondo y’Umuhanuzi. Mbona ko bagiye kuyigarurira, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba maso cyane, kandi umenye ubwenge kuko umwanzi afite amayeri menshi cyane akoresha, ariko ntugire ubwoba kuko nakubwiye yuko nzaguha umugisha wa bakiranirwa ukigarurira umugisha uri ahantu hahishwe hibanga humwijima kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko na kumenye mu izina ryawe uko niko Uwiteka abivuga.
Isaiah 45:3 Says, “I will give you the treasures of darkness and hidden riches of secret places, that you may know that I, the LORD, which call thee by thy name, am the God of Israel“.
The rhema word comes from heaven and told me that son of man of living God of heaven, in take care yourself, do not trust that woman because she has been spying you, she got the mission to spying you for the purpose that knowing your destination from the BABYLON country to another one, so that they’ll be able to know your destination and your activities thus says the Lord God almighty of armies.
Njyanwa mu iyerekwa nyuma yo kubwirwa aya magambo, mbona ndi mu bakomeye maze nkurayo utwanjye twose ndigendera, muri abo bakomeye bari bafite umukozi w’umugore wakoraga aho hantu, maze mbona anyiba imyenda narimfite mashyashya «bisobanura kwibwa umurimo» haruguru yanjye hari ha hagaze ikinyabiziga gitegereje yuko nza ku kwinjiramo «ubutegetsi» ndebye kumuhanda naringiye kwinjiramo kugirango bahite banshimuta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona ingenza ya magigiri irimo kungeza ubwo nsubira inyuma ku buryo bwitonze anyuraho atambonye ndazamuka ngeze haruguru mpasanga abasirikare ba bajepe «Abadayimoni» bansaba telephone zanjye nanga kuzibaha ako kanya ndazamuka numva muri telephone yanjye abantu baganiriramo iri mu mufuka wanjye wishati uburyo bagiye kugambanira ubwo ntega matwi numva gahunda zabo zose ndazirangiza maze menya yuko Uwiteka amburiye kandi ko akijije ubugingo bwanjye niko abivuga.
The rhema word comes from heaven and told me that son of man of living God of heaven, and told just read the book of Habakkuk 2:12,
Woe to him that built a town with blood and establish a city by iniquity. Behold, is it not of the Lord of hosts that the people shall labor in the very fire, and the people shall weary themselves for very vanity?
V15: woe unto him that give his neighbor drunk, that put test thy bottle to him, and makes him drunken also, that thou majesty look on their nakedness. V19: woe him that saith to the wood Awake, to the dumb stone, Arise, it shall teach! Behold, it is bind one gold and silver, and there’s no breath at all in the midst of it.