Kayumba Nyamwasa yasabwe na we gutanga igitambo kugirango azahabwe ubutegetsi murabe maso kubamwegereye!!!

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko Kayumba Nyamwasa yateguye umugambi wo guhitana umuntu akoresheje impano za Merry Xmas cyangwa se abinyujije mu mafunguro.
Ijuru rikomeza rivuga ko, uwo mugambi wateguwe wamaze gutungana kandi nugiye gusohoza uwo mugambi yamaze gutegurwa. Ubwo ku bantu bakorana na Kayumba Nyamwasa bya hafi bashobora kuba bafitanye akibazo murabe maso cyane ishyamba nta bwo ari ryeru.
K’Umwakagara we ibyo ngirango murabizi ko abashakisha abo atangaho ibitambo kuba maso nta bwo ar’ibyo mwigishwa kuko musa na babimenyereye.