Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhana abanyamadini (religious) b’America na South Korea (religious)

 

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko urwego rwa magigiri (internal security services) rwitwa DMI, rukorera imbere mu gihugu, rwahaye (mission) magigiri Kato Nicholas, kuyobora igitero cyo guhitana Umwami Kigeli Ndoli, uyu Kato Nicholas amaze igihe kirekire muri DMI uhereye intambara ikirangira aho yarashinzwe gutwika imirambo y’abahutu batwikirwaga muri NYUNGWE no mu mutara muri park.

Yaje guhabwa kuyobora gereza yo kumulindi wa (15) aho yicishije abanyururu benshi na none bo mu bwoko bw’abahutu. Ndetse mu mwaka w’1995-1996 yibye amashillingi yabanyururu agera ku bihumbi 800,000 afatanije na col. Jackson Rwahama. awe akaba ar’umuhutu waturutse Tanzania ahitwa Karagwe Kaisho-ISHAKA. Papa we yitwa Alphonse bakongereho Mechanical kuko yakoraga umwuga w’ubukanishi ahitwa kyerwa aho Leta ya Kigali yasabye Tanzania ko bahafungura umupaka uhuza Tanzania n’uRwanda. Papa we yari yararongeye abagore (2) bavukana umutoya yitwaga Immaculate.

Captain Nicholas hamwe na Benoni Umuhoza bombi bakomoka aho hitwa ISHAKA muri Kaisho, kandi bose bakaba bakomoka mu bwoko bw’abahutu. Amakuru avuga ko ar’abega bakomoka mu nzu y’abega bitwa abaswere bashyingiwe abegakazi kuko batagiraga ubwoko cyangwa umuryango, maze abega bahitamo kubabatiza ko bitwa abaswere kuko bashatswe n’abega kazi.

Ubu niwe uyoboye igitero cya za magigiri (Rwandan spies in Kenya) aho balimo guhiga hasi no hejuru Umwami Kigeli Ndoli mu mukuru wa Nairobi.Ku wa gatandatu bategeye aho asanzwe akorera ariko imvura nayo ntiyaboroheye bahitamo gutaha nta cyo bagezeho.

Nk’uko bukomeza gutangazwa n’ibiro byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) Amakuru avuga ko, ijuru ryongeye kwihanangiriza abanyamadini bo muri America kuba balimo kurwanya ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bakoresheje amadini ari muri gakondo yabakiranutsi.

Kandi ijuru ryongeye kwihanangiriza abanyamadini bo mu gihugu cya Korea y’Epfo (South Korea) kuba bari mu mugambi umwe n’AbanyaMerica wo kurwanya ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kubera ubucuruzi bw’ijambo ry’Imana bakomeje gukora bakabonamo indonke z’umurengera.

Kandi ijuru rikomeje kwihanangiriza cyane idini ryiganjemo ubwoko bw’Abahutu ryitwa ADEPR, kuba nabo bari mu mugambi wo kurwanya ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Mu minsi itari kure mushobora gukubitwa n’inkuba itagira amazi!

Nyamara ubishatse wareka kurwanya Uhoraho Uwiteka Imana yawe, yaguhaye umugisha utangaje cyane, s’uko waruzi gukora cyane kurusha abandi, ahubwo ni uko yaragufiteho umugambi mwiza mu gihe gisa nk’iki! Ariko wowe wabonye waratunganiwe uhitamo gusuzugura imbuzi z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, wibwira yuko ahari wihagije, nyamara azakubuza epfo naruguru kuzageza igihe uzemera kwinjira mu mugambi we uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar