Ikizamini cy’Abayobozi bagomba kuyobora gakondo y’abakiranutsi

 

5 April,2024 njyanwa mu iyerekwa mbona ubufindo bwakozwe nijuru ku bantu (3) kugirango hagaragare uwaba afite ubushobozi bwo kuba umuyobozi mwiza ufite indangacairo zijyanye n’imiterere y’ubuyobozi bwo mu ijuru no mw’isi:

Ijuru ryafashe za nkweto zibinyabiziga (tyles shoes) zigezweho muri iyiminsi usanga abakiri batoya basiganwa nibinyabiziga mu mihanda. Bazihaye abantu (3) ngo bakore amasiganwa bagendera murizo inkweto zifite amaguru y’ibinyabiziga, kandi buri umwe agomba kugendera mu nziraye hakurikijwe uturongo twari twashyizwe mu mihanda.

  • Uwa mbere yari Umwakagara Paul Kagame
  • Uwa kabili Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha
  • Uwa gatatu yari Umuhutu ntabashije kumenya amazina ye

Byari bimeze nkamasiganwa. Mbona ko batangiye amasiganwa baragenda bageze mu nzira nini kandi ngari (high way) mbona Umwakagara Paul Kagame atangiye kugenda ava muri twa turongo twashyizweho, akajya agenda avugana na basore bahagaze kuriyo mihanda abasaba ko bamushakira ibibanza byiza byo kumihanda kugirango abyambure banyirabyo abihe abahungu be uko ari (3). Yisanga yavuye muri twa turongo umuntu asabwa kugenderamo atatuvuyemo ahita atsindwa amasiganwa akurirwamo kuri SOPECYA!

Amasiganwa yasigayemo Umwami Kigeli Ndoli n’umugabo umwe wo mu bwoko bw’Abahutu nibo batsinze ayo masiganwa. Nabo bakurwaho bajyanwa mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buhana imbibe na gakondo ya bakiranutsi ndetse n’ubwami bw’Abega kujya kugeragezwa ngo barebe uwatsinda icyo kizamini abe ari we uhabwa ubwami asimbure Umwakagara Paul Kagame.

Barongera bategura amapine cyangwa (tyler) hagati y’intambwe imwe (one step) bagashyiramo ya pine (tyler) imwe watera iyo ntambwe uyirangije bagashyiraho ukundi kuguru kw’ikinyabiziga hagati yindi ntambwe. Wa muhutu atera intambwe ya mbere iya kabili iramunanira ikizamini (exam) kirangira Umwami Kigeli Ndoli ari we ugitsinze!

Ijuru rirongera ritanga ikizamini cya 3 (three exams) bafata ibyo kwiyorosa byitwa (DUVET) barabitanga buri umwe bamuha icyo yiyorosa noneho igihe cyo kubikorera isuku kigeze Umwami Kigeli Ndoli afata (duvet) nk’inisanzwe ayijyana mw’imesero (drycleaner) wa mugabo wundi asigara ategereje ko baza kuyimujyanira ngo yabaye Umwami wa gakondo ya bakiranutsi kandi hari hakiri ibindi bizamini (2) bigisigaye bitari byatangwa.

Bazana ikizamini cya (4) bazana magigiri wo mukobwa kuza kugigira Umwami Kigeli Ndoli na wa mugabo wo mu bwoko bw’Abahutu, araza asanga bose bategereje ko bahabwa ikizamini (exams) atangirira kuri wa muhutu maze wa mugabo ntiyamenya ko bazanye magigiri we yibwira ko ngo uwo mukobwa wo mu bwoko bw’Abatutsi kazi azanywe no gushaka akazi atangira kumwizeza akazi bahita bararyamana umugabo aba atsinzwe ikindi kizamini.

Noneho bazana ubufindo bwa nyuma bafata ikibiriti (match box) barakimuha ngo arase umwambi wacyo maze atwike ishyamba ryali rili iruhande rw’aho twakoreraga ikizamini (exams) yatsa umwambi wa mbere aratwika urazima icyo nicyo kizamini cya nyuma yatsindiweho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar