Itangazo rireba minisiteri ya RDF

Umucamanza uca imanza zitabera mw’isi yabazima, «Majeshi Leon Ainesha» ahanishije igihano iyo minisiteri y’ingabo z’uRwanda igihano cyo kwishyura euros ibihumbi «51,000» kubera impamvu yo kumubuza amahwemo ari nta cyaha nabakoreye.

Iminsi yo kwishyura muhawe ni (6) isigaye ngo uku kwezi kwa mutarama 2024 kurangire. Mwaba mutabikoze, iyo minisiteri igakurwaho burundu. Muzayohereza uko mwajyaga mwohereza ayandi mukoresheje (MoneyGram) mushaka kunca igihanga!

Umucamanza uca imanza zitabera mw’isi yabazima, Majeshi Leon Ainesha ahanishije igihano cyo gutanga amande umucuruzi Mironko Francois, kuba ubwo yakoreraga kuri SIRWA mu w’2002 yaramwambuye umuryango umwe mu miryango (5) yarafite umuryango umwe wishyuraga ibihumbi (80,000) ku kwezi. Amuhanishije kwishyura ibihumbi euros «5000» umuhungu we Helve niwe wakoze icyo cyaha mu izina rya Mironko Francois.Yaba atabikoze mu minsi (6) uhereye uyu munsi, Mironko Francois n’umuhungu we Helve bagakurwa mu nzira bakareka gucyerereza abagenzi.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar