Ikinyoma cya Roman Catholic Church amaherezo cyagiye ahabona,nubwo abayobozi bari munsi ya Pope Francis bashaka kugihishira

 

Urusengero rwa SATANI rwa Roman Catholic Church Emperor umuyobozi warwo mukuru Pope Francis yaraye yemeje kumugaragaro ko abatiganyi bemewe muri urwo rusengero.Ibi abikoze yari amaze iminsi agaragaza ko ashaka kwegura kuri uwo mwanya w’ubupapa ataramaraho imyaka myinshi kuko yasimbuye Pope Benedict XXV1 nawe weguye kumpamvu zo kuba yaranyereje umutungo wa kilizaya Catholic Church ugana na miliyari (1BN$) ubwo n’ukuvuga angana na triliyari imwe yamashillingi ya Kenya.

Mbere yuko atangaza kumugaragaro ko urusengero rwabo rukorera SATANI, yari yabanje kwirukana umukaridanari wamaganye icyo cyemezo cya Pope Francis avuga ko gihabanye nimyemerere ya Roman Catholic Church yahise amwirukana atazuyaje mu gihe abandi batabyumvaga kimwe nawe yabasabye kwegura kubushake.

Pope Francis watangaje kwegura kumwanya we kugeza magingo aya Kiliziya ya SATANI ikaba itari yatangaza undi uzamusimbura kumwanya w’ubupapa.

Twibutse ko,Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yarimbuye SODOMA na Gomorrah kubera icyaha cy’Ubutinganyi kugeza naho bashatse gufata abamalaika bari baje kurimbura uwo murwa!!!

Ubuhanuzi bwo mu mwaka wa 2021 bwatangaje ko idini rya SATANI Roman Catholic Church Emperor rizashiraho kumugabane w’Africa burundu rigasigara ari bayoboke rifite.

Magingo aya biteye isoni cyane ku bantu bagisengero muri urwo rusengero,kumva ibyo kiliziya yaje ivuga ko bizira ar’icyaha gikomeye cyane cyatuma urimbuka,akaba ariyo (RCCE) iya mbere gushyira mu bikorwa ibiteye ubwoba ndetse nisoni.

Ababikira (Nun’s) bari barabaye Lesbians babikora rwihishwa,noneho bahawe rugali aho bagiye kuzajya basambana kumugaragaro ari nta cyo bishisha kuko byamaze kwemezwa nk’itegeko ryemewe na Kiliziya ya SATANI bajyaga babeshya ko ari kiliziya y’Imana.

Twizere ko abaPadiri nabo basigaye inyuma nabo bemerewe gushakana cyangwa gushaka abagore,doreko ari bo bari barafasahe iya mbere mugusambanya utwina tw’uduhungu ndetse ari na ko bafata abagore ku ngufu.Mu gihugu cy’UbuFrance uhereye mu mwaka w’1959 kugeza umwaka ushize wa 2022 habaruwe abana b’abahungu bagera ku bihumbi 2050 bafashwe ku ngufu bagasambanywa na ba Padiri cyangwa abasenyeri (bishops).

Pope Francis mu mezi(8) ashize yasabye ibihugu by’Africa ko za Leta zigomba kwemera umushinga wo gushyingiranya abahuje ibitsina (GAY’s and Lesbians). Ibyo bilimo kuba mu gihe ibihugu by’Africa ukuyemo uRwanda ruyobowe n’umwuzukuru wa SATANI PAUL KAGAME wemeje ko ubutinganyi bwemewe mu Rwanda ari nta tegeko rishobora guhana abatinganyi,mu bindi bihugu biracyari ingume kwemera cyangwa kwemeza iryo tegeko.

Mu gihugu cya Kenya Samuei William Ruto yahawe miliyoni $ 16 zingana na miliyari z’amashillingi 16 Ksh kugirango yemeze iryo tegeko.Abacamanza bemeje iryo tegeko ariko abanyaKenya ndetse n’abanyamadini bamaganira kumugaragaro iryo tegeko.Ndetse nabashingamateka ubwabo yaba abashyigikiye Leta ya William Ruto cyangwa abatayishigikiye bamaganiye kure iryo tegeko ubundi ryakagombye kuba ryaranyujijwe mu ntekonshingamategeko kugirango ryemezwe.

Twibutse ko Museveni uheretse gufatirwa ibyamezo na Leta zunz’ubumwe z’America,yashyizeho itegeko biciye ku ntekonshingamategeko rihanisha igihano cy’Urupfu kuwuzafatirwa muri ibyo bikorwa bigayitse.

Birumvikana ko RCC ari kundi yagombaga kubigenza nyuma yo kubona ko yamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Icyari gisigaye kwari ugushyira mu bikorwa ibyo batinyaga gushyira kumugaragaro kuko ukoze munnyo arangirizayo. Kandi usuze agirwa no kunutsa!

Ikibazo nababaza, ubu hari umuntu n’umwe wahakana ko kiliziya Roman Catholic Church atari urusengero rwa SATANI? Haba se hariho uwaba ashidikanya? Ubu noneho ibintu birasobanutse urupapuro rwa nyuma rwa Bibiliya mu byahishuwe ibice 22 ruvuga ko ukiranirwa akomeze akiranirwe, ukiranuka akomeze akiranuke aho niho tugeze!!!  

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar