AbanyaKenya tugeze ahazamuka!

Amakuru aturuka muri Kenya aratangaza ko nyuma yahoo William Samuei Ruto azamuriye imisoro akoresheje abashingamateka mu buryo bunyuranye na mategeko mu nzira ya ruswa kugirango bemeze umushinga w’itegeko ryo kuzamura imisoro aho abashinga mateka bemeje gukuba inshuro (2) VAT ikava ku 8% bakayigeza ku 16%.

Ihuriro rya (Azimio La Umoja one Kenya coalition) ryatanze integuza mbere y’igihe yuko iryo tegeko niriramuka ryemejwe batazategura imyigaragambyo mu gihugu hose yo kwamagana iryo tegeko ryamaze kwemezwa n’abashingamateka (184) halimo n’abashingamateka ba (Azimio La Umoja one Kenya coalition) bahawe ruswa na William Samuei Ruto hakaba hasigaye yuko William Ruto arishyiraho umukono kugirango ritangire gukora.

Igihugu cyacu cya Kenya hamwe n’abaturage bose muri rusange bagiye guhura na kaga gakomeye aho ubuzima bw’ikubye inshuro ebyeri mu buryo bugoye cyane ku buryo budasazwe buri muturage alimo kwurira amarira adakama bibaza noneho uko ibintu bigiye kugenda ngo babashe kubaho doreko n’ubundi kuva Ruto yajya ku butegetsi ubuzima bwahise buhenda cyane kuko yakuyeho subsidy ya Uhuru Kenyatta yari yarashyiriyeho abaturage ngo babeho neza mu buryo butagoranye.

Uyumunsi ku wa (2) nk’uko byemejwe n’abayobozi ba (AZIMIO LA UMOJA ONE KENYA COALITION LEADERS) bemeje ko inama yatangajwe ko izabera (KAMKUNJI GROUND) igihari kandi ko umugambi utahindutse.Abayoboke (Azimio La Umoja One Kenya Coalition suppoeters) barahurira (Kamkunji Ground Nairobi) kujya gutegura gahunda y’imyigaragambyo ishobora kuzasiga Samuei William Ruto akuwe ku butegetsi.

Mbere yahoo habayeho ibiganiro byo guhagarika imyigarambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Samuei William Ruto,azakwanga kwubahiriza ibyo yasabwaga gukora kugirango imyigaragambyo ihagarare,harimo gufungura SERVER ya IEBC,kumanura ibiciro by’ibyo kurya,kugarura Cherela four kumilimo yabo nibindi byari bikubiye muriyo resolutions.

Ibyo byose Samuei William Ruto ntabwo yabyubahirije bituma (bipartisan group of parliament) idasoza imilimo yayo nk’uko byari buteganijwe.

Nyuma yibyo byose Samuei William Ruto ntabwo yagaragaje ubushake bwo gushakira abanyaKenya amahoro arambye n’ubuzima butagira umuze,ahubwo yagaragaje gushaka guhangana no guteza intambara zidafite impamvu.

Ubutegetsi bwa Ruto bwaranzwe no kutubahiriza amategeko,kwica amategeko abigambiriye,kugura abashingamateka bandi mashyaka kandi bitemewe n’amategeko.Kwimakaza umuco wa ruswa kumugaragaro,kwigarurira ubutabera akabushyira mukwaha kwe!!!

Kugirango abone uko akorera mukavuyo no gusahura umutungo w’igihugu ari nta nkomyi nta muntu numwe ufite icyo amubaza!Ariko iminsi y’igisambo ni (40) kuko amaherezo y’ibi byose bitazabura kurangirira mu butabera haba muri Kenya cyangwa ICC bitinde bishyire cyera azabibazwa kandi azaryozwa ibyo yakoze byose ari ku butegetsi yagiyeho mu buryo butemewe n’amategeko.

egretnewseditor@gmail.com

Skip to toolbar