Umanika agati wicaye,ku kamanura ugahagarara!

Amakuru aturuka muri Kenya mu butegetsi bwa William Samuei Ruto,Kenya kwanza administration company (not republic of Kenya) aravuga ko intambara yo kwemeza umushinga w’itegeko w’ingengo y’imali y’umwaka 2023-2024 yongereye umurego ukomeye cyane aho agiye guhangana na baturage,nyuma yaho abashinga mateka bemaje ingengo y’imali aho VAT yazamuwe kuva 8% ikagezwa kuri 16% .

Bakoresheje intonorano (corruption) nyinshi cyane kugirango umutwe wabashinga mateka bemeze (finance bill 2023-2024). Kimwe mu byo bemeje ni uko Leta ya Ruto izajya ikata abakozi ba Leta 1.5% kugirango bazubakirwe inzu mu gihe cy’imyaka (60); niba Leta ya Ruto izaba ikiriho cyangwa nawe azaba akiriho ntawabyemeza.

Ubutegetsi bw’umubabaro:

Afite imyaka (56); ubwo wongeyeho imyaka (60) azaba aifte (111), ariko kandi biragoye ku byemeza mu gihe amakuru yizewe yizewe neza avuga ko afite uburwayi bwa cya cyago cya SIDA HIV positive amakuru dukesha standard media house…

Amakuru ikinyamakuru inyangeNews cyatohoje,umucuruzi witwa Ringugi yabwiye umwe mu bantu batugejejeho amakuru,yuko mu mwaka wa 2012 to 2013 Uhuru Kenyatta yifuzaga ko William Ruto amushyigikira kujya ku butegetsi,Ruto yasabye 23 BN kenya money,naho Uhuru akamuha 18 BN,barananiranwa,biba ngombwa yuko M.Ngina nyina wa Uhuru yongeraho (1)BN biba (19)BN maze Kenyatta ajya ku butegetsi.

Muriyo mishyikirano yo gushyikirana hagati yabo bombi,amaze guhabwa ako kayabo ka za miliyari,hafi aho hari umukobwa WAMBOI wabajyezagaho icyo kunywa,warufite uburanga butagira icyasha,no mu bikari byisanzuye biteye amabengeza,maze atabanje gupima ngo arebe ko byinjiyemo nkongwa,arangije iyo nama nk’uko umukire Ringugi yabitangaje Samuei William Ruto yifatira kumumyaka ilimo (toxin sex is men poison) agahinda na marira bye naho byatangiriye!!!

Yagiye guhinduza amaraso muri Turkey,aho kwishyura ku giti cye byibuze yibikire ibanga,ahubwo abwira ibitaro ko ubutegetsi bwa Kenyatta Muigai ari bwo buzamwishyurira maze bituma inkuru iba kimomo abantu bose bamenye ko umugabo yatangiye kubora ahagaze!!!

Zimwe mu ngingo zatumye (finance bill) yemezwa n’intekoshinga mategeko,ni uko Samuei William Ruto yazamuwe VAT iva kuri 8% ayigeza kuri 16 %,aho avuga ko ngo atazongera gusaba umwenda kugirango Leta ye ibashe gukomeza imilimo yayo.

Ariko amakuru dufite avuga ko,amahanga ya mwimye ideni nyuma yamatora Raila Odinga yatanze amakuru yo mu bubiko bwa Server banze gufungura na magingo naya.Bituma amahanga asaba Ruto kuzana Raila Odinga gusnya ku nguzanyo kugirango babone kuyimuha kuko ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Byatumye akubuka imahanga azana umurego ashyiraho itegeko ryo kuzamura umusoro wa VAT aho buri mu nyaKenya agiye guhura nikibazo gikomeye cyane mu gihe n’ingaruka za covid 19 zari zitari zarangira ngo abaturage bongere bisuganye ku buryo buhagije,ahubwo Leta niyo bari batezeho amakiriro none nayo yongeye gusonga inkota mu gikomere!!!

Umuntu wese uzajya ajya kongereza (renewal) DL driving license nk’uko byari byarateganijwe mu ikoranabuhanga rya e-citizen,Leta ya Ruto yabikuyeho.Ubu driving License izajya irarangira aho kukongerera ahubwo bagusubiza kongera gukora ikizamini (exam) wishyuye ibihumbi (7000,10,000,15,000) bijyanye na category yawe y’imidoka warusanzwe utwara.

Mbese wowe n’ushaka dl bushya ntaho muba mutandukaniye!Abantu bakomeje kwibaza niba ubutegetsi bwa Ruto bwaba bufite icyerekezo cyangwa yaba ashaka kwica abanyaKenya bose kugirango yihimure kuko arwaye HIV positive.

Ubu none ho nta bwo ari byabindi ngo Raila niwe ugomba gutegura imyigaragambyo,ahubwo igihugu cyose bakeneye imyigaragambyo yo gukuraho ubutegetsi bwa RUTO.Uhereye taliki 1 July 23 iri tegeko rizatangira gukurikizwa ryo kwaka umusoro wa 16%.

Abashoramali benshi balimo abanyaKenya bitwa Mountain Foundation bamaze guhunga igihugu cya Kenya bibereye mu mahanga.Abanyamahanga nabo ntibatanzwe balimo gukuramo akabo karenge!!!Inyuma ya matora Embassy ya USA yatanze Visa ku banyaKenya badakoze interview ibintu bidakunze kubaho aho America yarahungukiye kuko imitungo yabanyaKenya yose yimiriwe muri America!!!

Ikibazo cyo kuyoborwa n’umutegetsi urwaye (hiv positive).

Bikiraho Leta ya Ruto yatangaje ko igiye kugabanya abakoze ba Leta,mu gihe alimo gushyira mu myanya abo mu bwoko bwe bw’Abakalenjini,abandi alimo kubirukana umusubirizo…

Ubusanzwe gutanga umusoro nta kibazo gihari,ariko se Leta niba yishyuza kuyo wacuruje yose udakuyemo inyungu (turn over) aho kwishyuza inyungu ku byo wacuruje,urumva mu kwezi kumwe abantu bose batazahinduka abakene? Ubwo se mukwezi gukurikiyeho ninde azasoresha?!!

Ubuhanuzi buvuga ko,Leta ya William Samuei Ruto azajya yishyuza umusoro wo guhumeka umwuka utangwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nyuma yahoo akazakurwa ku butegetsi agataha akurikiye Uhuru Kenyatta Muigai,akazatabwa muri yombi agafungwa politike ye ikazarangirira aho.

NB: inzara izabanziriza mu gihugu cya Kenya izaba ar’ikimenyetso gikomeye cyo kuvaho ku butegetsi bw’abega.Bukomeza buvuga ko ubwo za avocado zizagaragara kubwinshi cyane mu murwa mukuru wa Nairobi,icyo gihe bazamenye ko kuvaho kw’ingoma y’abega kwegereje….

Icyo gihe inzara izaba ibica bigacika muri gakondo yabakiranutsi,icyo gihe intambara ya DRCongo izaba ivuza ubuhuha mu mahanga!Icyo gihe umwana w’Umusinga Yoweri Kaguta Museveni azaba ari mukato (arwaye covid19);icyo EAC izaba iri mu butayu budasanzwe (report ya world bank) igaragaza ko ibihugu bya EAC byafashe amadeni y’umurengera kuzawishyira bikazaba ikibazo kitazoroha….

MTANGOJA SANA!!!

Kenyan president Kenyatta paid for deputy Ruto’s ‘HIV treatment’? No, newspaper front page doctored.
That appears to be the front page of Kenya’s Star newspaper claims the country’s president settled the bill for his deputy’s HIV treatment.

The headline reads: “Wamalwa: Uhuru paid Ruto’s HIV treatment.”

Eugene Wamalwa is a Kenyan politician and the cabinet secretary for defence. Uhuru Kenyatta is the country’s president, and William Ruto is his number two.

A sentence below the headline adds: “DP [deputy president] Ruto has a rare aggressive HIV strain and has been attending clinical sessions in Turkey paid for by the president.”

Ruto is pictured with a blood pressure monitor on his upper arm.

The page, dated 14 July 2022, gives the reason why Kenyans should pay attention to the story: “As a sitting DP, Ruto’s health is matter of national concern.”

The once-cordial relationship between Kenyatta and Ruto has broken down. Kenyatta will leave office after the August elections and, with Wamalwa, is backing former foe Raila Odinga as his successor.

Ruto is also in the race to succeed his boss.

The front page was also posted here, here, here and here.

During campaigns leading up to the elections, the country’s media landscape has grappled with a wave of false stories.

But did the paper really publish such a sensational story in its 14 July issue?

Skip to toolbar