Kabuga F ntabwo yafungwa inshuro ebyeri!

 

Amakuru dukesha ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” byatangaje ko Kabuga Felician yaciriweho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ntabwo byashoboka yuko yacirwa urubanza na bacamanza na bo baciriweho iteka. Nta bubasha bagifite bwo kuba bacira urubanza ku wamaze gucirwa urubanza n’ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Niyompamvu bagerageje gusenya egretnews.com kugirango tutabagezaho inkuru irambuye.

Mu gihugu cy’ibabylon naho ubuhanuzi burakabakaba igihugu kigiye gucikamo ibice 2, habeho Leta ya kenya kwanza company share holders administration iyobowe na Samuei William Ruto.

Naho ikindi gice kiyobowe na Raila Odinga kizigenga Leta ya bo izitwa Republic of Kenya Azimio La Umoja one kenya administration.

Hagati aho mukarere haranuka uruntu uruntu rw’intambara igiye guturuka muri DRCONGO ishobora gusiga ubutegetsi bwa Uganda cyangwa bw’uRwanda bukuweho!!!

Ku wa kabili June 13,nibwo ingengo y’imali izasumwa ku nshuro ya kabili,niramuka iciyemo,bizaba ngombwa ko Kenya habaho Leta ebyeri,kuko icyegera cya Samuei William Ruto witwa Rigathi Gachagua,yatangaje ko Kenya atari republic,ko ari company.Nyamara muri UN Kenya izwi nka Republic,niyompamvu Azimio La Umoja bamaze kubona signatures zigera kuri 15,000,000 basabye ko habaho Leta ya Kenya yitwa Republic atari  Kenya kwanza  administration company.

Skip to toolbar