Iminsi 30 yo kumenya uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu

Muri Kenya hagati y’impande zombi William Ruto na Raila Odinga, bemeye kwinjira mu biganiro nyuma yuko Raila Odinga yavuze ko ashobora kwikura mu biganiro.

Raila Odinga watsinze amatora y’umukuru w’igihugu nk’uko byemejwe ni ishyaka rya Jubilee Alliance Party ryali ku butegetsi.

Rivugako akanama ka IEBC, kari gashinzwe amatora y’umukuru w’igihugu, ko kakoze I binyuranye n’itegeko shinga. Cyane ko, itegeko shinga rihaha ububasha umukuru wa kanama gutangaza ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, mu gihe byemejwe na ba komiseri 3,muri 7,nawe wa 4,hakaboneka ubwiganze.

Chibukati Wafula wari umukuru wa Kanama gashinzwe amatora y’umukuru w’igihugu, yatangaje ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu abyerewe na ba komiseri 2,na we 3,igikorwa cyatesheje agaciro demokarasi ya kenya.

Ubutegetsi bwa William Ruto bwemeye kwinjira mu biganiro, nyuma yo kumenya yuko Raila Odinga agiye kwikura muri Leta agashinga Leta ye ishingiye ku ntara yatsinze zigera kuri 27,muri 47.

Ibyo byatumye William Ruto,na gatsiko ke bibye matora bahagarika imitima cyane bitewe ni uko KDF umuyobozi wayo mukuru ari uwo mu bwoko bwa Jaluo general Francis Ogola wazamuwe mu ntera n’inteko ya kenya defense forces bishyirwa ho umukono na Samuei William Ruto.

KDF ifite inshingano zo kulinda igihugu kidacikamo ibice kubera impamvu za politike. Bivuze ko ububiko bwa SERVER bugomba gufungurwa byanze bikunda.

Inzego z’iperereza z’umwakagara zakoze inama mu ijoro ryakeye, aho bavuze ko ubuhanuzi bugiye gusohora kumugaragaro kuko Samuei William Ruto yafashwe mu ijosi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Skip to toolbar