Ubuhanuzi bw’ejo!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Ingoma ya Satani iyobowe n’agatsiko k’abega agace k’abaTutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya.

Urubyiruko rwabo rulimo guhabwa akazi mu mishinga (projects) zikomeye cyane mu gihugu imbere.

Naho urundi rubyuruko rulimo abasope, abaturutse Kongo, TZ, na handi ntabwo bahawe ayo mahirwe kimwe n’abanyarwanda bose.

Ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwategetse ko, urubyaro rw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) bose bacirwaho iteka. Hamwe na za projects bakoramo.

Umugore wa Hon. Baricana Eugene witwa Umulungi Marie Claire acirwaho iteka rya burundu kubera urwango rukomeye yanga Umwami Kigeli Ndoli.

Pastor Naftal James wo mu idini rya CELPR yaciriweho iteka rya burundu kubera yahagaze kuruhimbi (pulpit) murusengero akabeshya ko yishyuye ideni yari abereyemo M. Murekatete Odette.

Nubwo nyuma yaje kumwishyura ndetse agerekaho na mande. Ntacyo byahinduye ku butabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Paul Kagame na Jack Nziza nabo bongeye gucirwaho iteka rya burundu bidasubirwaho.

Abakora amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Imana nabo bongeye gucirwaho iteka rya burundu.

DMI kubera kurobanura ku butoni muri deployment ya za magigiri, nayo yaciriweho iteka rya burundu.

Abashingwe nibo bari kuruhembe mu guhiga Umwami Kigeli Ndoli. Umujinya ni wose kuko barasebye bakama ikimasa.

Ubu bagiye kwibagizaho one week, next week bizaba ar’ibicika. Imyaka ibaye (14) duhanganye nyamara nta cyo barageraho. Nugupfusha ubusa imisoro yabaturage.

Skip to toolbar