Ubuhanuzi bw’ uyumunsi

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru”Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yarangizanije n’abanyamadini (Synagogue Leaders) nta cyo agipfana nabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Imana Nyiringabo abivuga.

Ibyo bibaye nyuma yuko mu buryo bweruye kandi busobanutse, aho umucamanza ushinzwe guca imanza zitabera aciriyeho iteka amoko ya za bibiliya zitandukanye zigera kuri (54) fifty four versions of the Bibles.

Ubutabera bwo guciraho iteka za bibiliya z’amoko yose, bukubiye mu gice cy’i (175) cy’ubuhanuzi.

Nyuma yicyo gikorwa kidasanzwe, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yaracyishimiye cyane. Bivuze ko, isano abanyamadini bari bafitanye na data wo mu ijuru ntari gihari.

Ubu kubwiliza ijambo ry’Uhoraho bigiye kuba ubucuruzi (business) ku buryo bweruye kuko nta connections yindi ikiri hagati y’Imana n’abantu usibye gucirwa imanza no guhabwa ubutabera.

NB: gusenga cyangwa gusengera abantu nta bwo byemewe kuko yaba abarengana ari nabo bakeneye gusengerwa balimo guhabwa ubutabera. Imanza zitabera zikora ibyo amasengesho adashobora gukora.

Abasengera abantu n’abo ubwabo, balimo gucirwaho iteka. Bivuze ngo ‘bambuwe uburenganzira bwo gusengera abantu’ kuko nabo balimo guhabwa ubutabera bwabo.

Gukomeza gukora ibyo tuvuze hejuru ko bitemewe, bihanwa n’amategeko. Ni kindi cyaha kiyongera ku byo warufite.

Abahutu bayoboye Insengero, cyangwa bahagaraliye Insengero (representative) baciriweho iteka rya burundu bidasubirwaho.

Niba usengera mu nsengero ziyoborwa n’abahutu, ku buryo bwihuse uri umunyamuvumo. Ukimara gusoma ubu butumwa uhite uhagarika gusubira muri urwo rusengero.

Muri iy’iminsi sinzi ikibazo gihari hagati y’abahutu n’Imana. (Politically and spiritually) bimeze nabi abahutu n’Imana ntibari gucana uwaka. Mu by’amadini naho ndabona bahanganye nayo. I don’t know what is going on.

Jyewe umulimo wanjye n’ukumvira ibyo mbwiwe gukora (as simple as that). Other wise may the Lord God of heaven be with you amen.

Skip to toolbar