Mbega intambara ya Satani n’Imana!? Ni hatari sana!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Muriyi minsi mikuru ya Xmas, nk’uko mpora mbivuga, umwanzi na Satani (abega) bameze nabi cyane. Taliki 05/12!2022 bakoresheje uwiyita Emily Mia, taliki ya 22/12/2022 dayimoni yitwa Ndahimana Albert nayo ntako atagize.

Babonye nta reaction, it was morning, in the afternoon basubizeho wa mu magigiri wuyita Emily Mia. Babonye nta gisubizo nibwo bigiriye inama.

Taliki ya 23 dec 2022 nibwo bakoresheje Joyce Wanjiku MWANGI wamaze gucirwaho iteka. Nabwo babona biranze, noneho ba manuka ubutayu bwose ubanza bakeka ko Nairobi ari Kigali.

Ikigaragara ni uko bitazoroha kuva ubuhanuzi bubamereye nabi. M23 Kibumba muri DRCONGO bamaze kuharekura. Ubwo n’Ubuhanuzi bwasohoye ejo. None babonye basebye baza gusebera kuri njye.Nzabaciraho iteka kugeza kuri amina.

Niliwambia, ikiwa ni hivo MTANGUJA sana.

 

 

Skip to toolbar