Ubuhanuzi bw’ uyumunsi

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti Umwami Kigeli Ndoli ucireho iteka Kampala na Kigali kuko basigaye bakorera hamwe nyuma y’imishyikirano y’ibihugu byombi.

Bahagaritse imitima cyane kuba warabaciriyeho iteka. Any time things can happen. None wirinde cyane kuko bitwikiriye ijoro ry’iminsi mikuru ya Xmas Ngo barimbure ubugingo bwawe.

Nerekwa imvura ikubye, imirabyo ari yose, inkuba zimanuka ikirere zikubita abega n’abashambo nti baba bakigaragara ahabo kubera gutega Umwami Kigeli Ndoli.

Kama ni hivo MTANGUJA sana.

Skip to toolbar