Abahize ubugingo bwanjye igihe cyabo kiregereje!

Slowly but sure! Ubuhanuzi bwagiye bushyira ahabona imigambi na za gahunda nyinshi z’abifuzaga kunca igihanga. Ariko ntabwo bya bakundiye kuko byari binyuranye ni jambo ry’Uhoraho.

Abaza kw’isonga ni M. M. ODETTE na musaza we Hon. Baricana Eugene. Uwiteka Imana Nyiringabo yabanje kubaha ubutabera mbere yuko basabirwa gukurwa muri iy’isi ya rurema.

Bamaze kwamburwa isano ry’Imana hagati yabo nayo, bahise bahinduka abanzi bayo bajya mu ruhande rwa Satani na ba demoni.

Last week nibwo ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” byamenyesheje ko Hon. Baricana Eugene agiye mu rugendo akwurira indege.

Ubu ari muri (waiting place) yicaye aho bategereza indege ku kibuga cy’indege kanombe international Airport!!!

Ndabona yatangiye gufunga utwangushye ngo indege itamusinga. Ni urugendo rw’ihutirwa adashobora gusubika.

Ariko se ko mbona yihuse adashyingiye M. M. Odette mushiki we, kandi bari baje gusaba no gukwa!? 😢 Gai moathani!?

Sometimes people may think are very clever than God himself, but at the end of the day, realizing that they deceived themselves.

Ahaaa numvaga abakurambere bavuga ngo ibuye rimeneka urwondo rugisukuma!!!

Ariko buriya bagiye muri office ya Chama bagatanga akantu ntibahagarika urwo urugendo? (Ngai tuteithie).

Ahaaa wa kabyara we se, twe ko turi za mayibobo, ariko buriya Imana izageraho natwe itwibuka itugirire neza (Ngai tuteithie).

It was my time, but now it’s your time! Please accept God’s offer.

Umuntu wese wandwanije, ubutegetsi bwagambiliye kugirira nabi, abategetsi ku giti cyabo, abanyanga banziza ubusa, mwese mwamaze gushyirirwaho iherezo ry’ubuzima. Ni mugira amahirwe abana banyu bazankorera.

Ubwo buheza nguni mwihaye bizarangira (mpola mpola) igihe kizagera mwemere ko Kristo ari Umwami!!! 😁

Ubugome bwanyu, n’ubugambanyi byanyu, n’ubugizi bwa nabi, ubu bandi no gukiranirwa kwanyu byose bizagira iherezo. Icyo gihe nibwo muzamenya ko mu ijuru hari Imana.

Nukuli, nukuli, ndababwiz’ukuli yuko mutazabura kwicuza icyatumye muremwa mu gashyirwa kw’isi yabazima. Birutwa nuko mutari kuvuka ngo mubeho kuko mwagambaniye amaraso atariho urubanza.

Igomwa, itima, mwatugiriye, Uhoraho azabakubira 7×70=490, mwanze kutugirira imbabazi, mwibuza ineza kuko itabarangwamo. Igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo byose bigiye gushyirwa ku karubanda.

Ineza mutatugiriye izaturuka mu wuhe mutima!? Mwicare mubizi ko ari ko bimeze (iryinyo kurindi, ijisho kurindi). Mwatangiranye igomwa, muzarangizanya igomwa.

Nyamara ku iherezo muzamenya ko ubamba isi adakurura. Muzajyana nizo mana z’abega mwiringiye mukazimika mu mutima yanyu zigasimbura Imana Nyiringabo.

Dear Sisters, Brothers, and friends, if you protect the word of God, it’s an obvious you will be protected by God himself. And that is what we believe in God’s constitutionalism, and ruler of laws.

Ntabwo nkwiye kwandika indi nyandiko ya rnc bakomeje guhiga ubugingo bwanjye, ariko kwiherezo n’imperuka byange bikunde muzankenera. Kuko nta yindi nzira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabashyiriyeho usibye iy’ubutabera.

Kama ni hivyo Basi”MTANGOJA SANA!” Kwasababu hakuna mtu mliumba kana kwamba mnaweza kumfanya vile mnataka! La hasha! Ikiwa hivyo basi, mtajipanga, na kama hamtajipanga, ama mtapangwa?! Ni hayo mawili tu! Hakana la ziada.

Slogan: no justice without peace! No peace without justice!!?

Skip to toolbar