File number mu Bwongereza iri gukora umulimo mwiza

Liz Truss prime Minister w’Ubwongereza ntabwo ubutabera bw’Uhoraho bwamuguye neza. Mu minsi (45) ari kuri uwo mwanya yahise yegura ataramara na mezi (2)

Uwo yasimbuwe Johnson nawe yirukanywe n’ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo. Yazize guhohotera impunzi zihungira muri icyo gihugu aho yashakaga ku zoherezwa mu Rwanda ku ngufu.

https://www.bbc.com/gahuza/articles/cv2pwyg00lpo

Amakuru avuga ko yazize kunyuranya n’inshingano yari yihaye mu kuzamura ubukungu bw’Ubwongereza. Abo mu ishyaka rye bamurega gukoresha igitugu kurusha uwo yasimbuye Boris Johnson yakoreshaga.

Siwe wenyine ubutabera bwagezeho bivugwako na Joe Biden yatumye ubuzima muri Amerika buzamuka mu myaka 2 gusa, agiye ku butegetsi aho 65% by’ikusanya bitekerezo bavuga ko mu matora yo mukwezi gutaha yitwa midterm ishyaka rya democrate bashobora kuzatakaza ubwiganze mu shingamategeko.

Skip to toolbar