Umwakagara yifuza kuba n k’Umwami Kigeli Ndoli!

Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha, akaba n’umuhanga mu mitekerereze ya kimuntu, aratanga umuti w’ikibazo cy’igitugu cy’ingoma y’umwakagara.

Ubuhanuzi bwongeye kugaragaza ko, umwakagara yifuza imbaraga umwami kigeli Ndoli akoresha.

Ikifuzo cya kabili, arifuza ngo kuba ariwe yashyingiye. Ngirango nta w’undi mukobwa asigaranye, ariko ibyo ku abega nta cyo bivuze Ingabire Angel yarumukuramo akamushyingira murundi rugo as long as uwo bamushyingira yabyemera kuri bo nta kibazo.

Inama tugira abarwanya umwakagara mwirinde kuvuga amagambo y’urwango kuko biha umwakagara imbaraga zo gukora ibyo atari akwiye gukora.

Ariko kuvuga ibintu uko biri no kubigaya cyane, bimuca intege. Naho yavuze ko, ibyo bamuvuga ngo nta cyo bimutwaye, birakimutwaye kuko bimubuza amahoro kuko yumvako bimusuzuguza nubwo ar’inkunda kugawa

Uko abantu barushaho gutinyuka intwaro ye yiterabwoba, niko imbaraga ze zigenda zikendera. Gutinya Umwakagara bimuha gukomeza inkoni yicyuma atwaza igitugu. Kumuca amazi bimutera ubwoba agatangira kubona iherezo rye!

Ubu hagezweho amarozi, usibye ko nta gihe atayakoresheje. Ibyo guca imitwe, kugongesha abantu ama modoka byose nayo marozi abantu barabimenyereye ntawe ugitinya gupfa. Kwemera gupfa nindi ntwaro ikomeye izakuraho umwakagara kubutegetsi.

Kuba abantu badafite ubwinyagamburiro ni kimwe mu bituma batinyuka kuzamurwanya no kumukuraho bizoroha cyane kuko icyo gihe nta w’undi muti uzaba ugisigaye.

Skip to toolbar