Ese amasengesho har’icyo yakora mu gihe cy’ ubutabera bw’Uhoraho?

Mur’iki gihe aba Pastor’s bafite ikiraka gikomeye cyane, kuko ibihe bitaborohereye na gatoya, aho basabwa kwemera ubutabera bw’Uhoraho ko bulimo gukorera kw’isi yabazima.

Mu gihe bakwemeza ko, ayo makuru arayukuli, bahura nikindi kibazo cy’umulimo wabo waba urangiye ushizweho iherezo. Kuko amategeko n’ubuntu ntabwo bikorana. Byanga byakunda kimwe kigomba kubisa ikindi.

Bakaba batorohewe, kuko isi ibasaba guhakana ko igihe cy’ubutabera kitari cyagera kuko buzakorwa na Kristo Umwami wo gukiranuka. Naho ubutabera buvugwa n’umucamanza w’isi Majeshi Leon Ainesha akaba ari byo yihimbiye.

Ikibazo gihita kuvuka kibaza ngo, abaye ar’ukuli ko yatoranijwe n’Imana gucira imanza abatuye isi bizagenda gute? Aha ni mu mutima w’umuntu nta mpaka zihari.

Ikibazo cya ll mbese bibaye ar’impamo ko ubwo butabera ari bwo, gusenga no guhanura bizaba bigifite agaciro? Byashoboka gute? Kandi bibiliya nayo ubwayo yaraciruweho iteka?

Gusenga niba byaciriweho iteka, mbese mu gihe nk’icyo Pastor, apostles, bishop, na bandi nk’abo baba bagifite spiritual mandatory yo kwitwa abakozi b’Imana? Cyangwa bahinduka abaturage basanzwe nk’abandi bose.

Exactly, bahinduka rubanda rusanzwe nubwo ubucuruzi bwabo butapfa kuvaho gutyo gusa, ariko imbere y’Imana nta gaciro baba bagifite kuko umuhagaro wabo warangiranye n’igihe cy’ubuntu (the grace period expired).

Ariko kuko abantu bose batewe ubwoba no kumva ko imanza z’Uhoraho zatangiye gukora mw’isi, byaborohera cyane kuzihakana no kuzamaganira kure kugirango bihe amahoro adahari.

Imwe mu mpamvu ikomeye ituma bamagana imanza zitabera, ni uko zitabera nyine. Waba ukomeye cyangwa woroheje, bose barangana imbere y’Imana

Kwanga guseba kw’abakomeye kw’isi yabazima, no guca umwuka w’ikinyoma gitungishije benshi mw’isi yabazima. N’impamvu imwe nyamukuru yatuma abameze batyo bose barwanya ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Ariko kurundi ruhande (in one way or another) muri abo bose iyo barenganijwe n’ab’isi, kuko bakenera kurenganurwa usanga bahindukirira imanza zitabera bakiremamo umutima yuko Imana ilimo guca imanza zitabera kuko yaeenganijwe.

Akaba akeneye kurenganurwa. Ikibazo gihita kivuka, ni ku basaba indishyi z’akababaro. Ibyo murizi manza ntabwo bibamo kuko ziba mu manza z’abantu ntabwo ziba mu manza z’Uhoraho.

Igishimishije mur’izi manza (God’s Justice) ni uko yaba Satani cyangwa abantu, abazimu, n’abadayimoni, bose bamburwa ubudahangarwa bagasigara ari bubasha (spiritual mandatory) bagifite kuko za mbaraga zose bakoreshaga barazambuwe nta bushobozi bagifite bwo kuzikoresha zahindutse useless.

Gusa bakomeza kwemeza abantu ko zigikora, ariko zidakora. Ariko ibikorwa by’urugomo byo bizakomeza gukorwa kugeza umuntu aciwe ku isi yabazima. Akazasimburwa nundi muntu ufite gukiranuka no kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. That is the end of the God’s Judgements in the world.

Skip to toolbar