Niba ibyahanuwe muri bibiliya Timothy 3,byaramaze gusohora, niki kindi Pastor’s bigisha?

Bibiliya ibivuga neza ko mu bihe bya nyuma hazaba ho ibihe birushya cyane. Ngirango ubu twabigezemo n’ubwo twibwiraga ko bikiri kure bizaaohoza ku bandi batari twe.

Ariko ku buryo bugaragara kandi bweruye, n’ibigaragara yuko ibihe bitoroshye! Politically, economically, socially, educationally, Mentally, financially,spiritually.

Byatumye nibaza niba ba Pastor hari umulimo bagifite, cyangwa niba bagikenewe mu gihe gisa nk’iki?

Nabo ubwabo kubagenzura ibyanditswe byera, usanga bemeranywa n’umutima nama ko ari nta milimo bagifite bitewe n’ibihe tulimo. Basigaranye intwaro imwe gusa barisha babwira abantu ko bakwiye gusenga cyane.

Ariko niba hari abakwiye gusenga cyane nibo, kugirango berekana ubumana bubalimo. Bityo abashidikanywaho yuko batahamagawe batange ikizere muri rubanda.

Babwira abandi ibyo bakora, ariko bo batabasha kunikora. Bizeza abantu I bitangaza, ariko bagashaka ibifatika by’ako kanya amaturo n’ibyacumi.

Skip to toolbar