Mbese umwuka w’Imana areberwa mu bifatika, cyangwa ni mu bifatika!?

Benshi mu batuye kw’isi bajya bagorwa no kwemera ko umwuka w’Imana yakorera mu muntu ukomoka mu muryango utishoboye.

Igitangaje kandi kibabaje, ni uko Umwami Wabakiranutsi Yesu bemera kandi bizera bamuhinduye umukire nyamara amateka agaragaza ko yarinze acibwa igihanga n’abakire bo mu bwoko bw’Abafarisayo ngo kuko atakomokaga mu bakire.

Ariko se ubundi umwuka upimirwa kuki? Ngirango nimilimo myiza ifitanye isano n’ubugingo buhoraho. Usibye ko muri iki gihe byagorana cyane gushakishiliza imilimo myiza y’ubugingo mu banyamadini (Synagogue leaders).

N’ubwo amadini religious aribo basa n’abafite spiritual mandatory. Ariko ikibabaje ni uko ibyo mu bifuzaho badashobora kubibona.

Ndagirango usubize amaso inyuma wibuke mu myaka 20 ishize uko byari bimeze, aho nta muntu wakubonagamo ko hari icyo wakwigezaho. Wibuke abantu wagiye wirukira ngo bagufashe uburyo bahusuzuguye.

Hanyuma ugereranye n’uyumunsi aho uri cyangwa aho bari uko bameze, maze umbwire ko uzategereza gushima Imana ari uko umwaka urangiye.

Uwiteka Imana Nyiringabo niwe wakwitayeho akugirira neza n’ubwo wihaye kubyiyibagiza kubera umutima ugucira urubanza ibyo wibwiraga ko bidashoboka byaje gushoboka. Ndetse nuwakubaza uburyo byashobotsemo ntiwabisobanura.

Tekereza urungano rwawe, aho mwatatanye kubera impamvu z’ubuzima. Wibuke ko, wowe utabarirwaga mu bazahirwa. Bitewe n’amateka y’umuryango ukomokamo. Hanyuma guhirwa kwawe waba warabigizemo uruhare?

Ubwo niba warabigizemo uruhare wihangane ubu butumwa ntabwo bukureba s’ubwawe. Ubwo niba utarabigizemo uruhare reka twikomereze.

Tekereza abakobwa bakubenze kubera ko nta mikoro warufite. Tekereza abasore bakubenze ngo udakomoka mu kibabysy, tubita ba SONKO bisobanura abakire.

Wenda se amashuli ayari menshi ni senior six (6). Nyuma yibyo byose amasengesho wasenze yaba yarashubijwe? Cyangwa ntabwo arasubizwa!

Ese buriya iyo baza kumenya imbere hawe ko hazaba heza, bari ku kugenza uko bakugenje? Hari umukobwa wari inshuti y’umuryango yaramubwiye ngo, ujye utekereza ibyo ushoboye. Byasobanuraga jyewe ntitwabana kuko ntari urwego rwawe. Nyamara icyo bari abakene bafashwa n’inkunga ya compassion y’idini.

Gusenga cyane, cyangwa kwizera cyane ntabwo bitanga umusaruro ako ahantu hatari urukundo. Kubera ko, Umuhanuzi iwabo nta gaciro ahabwa. Imwe mu mpamvu ituma adahirwa no kubera amashyali rugeretse.

Ubu abantu bose bari hagati y’imyaka 40-50 uwasubiza amahirwe yo guhitamo urushako, cyangwa kubaha no gukunda, bundi bushya bishobora gutangaza benshi.

Singombwa ko, ugukunze wese umwemera, ariko ntukagerekeho ijambo ribi. Kuko inyuguti ntijya isaza ariko umuntu arasaza! Reka wenda tuvuge ko wowe warushije abandi bose amahirwe mu itangira ryawe ry’ubuzima warahiruwe.

Ese ibyo byagutera gusuzugura abatarahiriwe. Ariko kandi wibuke ko, hari igihe umuntu mugufiya aba mure mure. Umuremure akaba mugufiya. Uwinzobe akirabura, igikara agahinduka inzobe. Igihe kijya kigera amazuru manini akaba matoya. Namatoya akaguka. Ibyo ujy’ubizirikana.

Hari uwambwiye ngo, cyera yabonaga narasaze, ndamubaza nti, hanyuma se ubungubu ubona ibisazi narabikize? Ati nabonaga ur’inshuti ya runaka nkibwira ko nawe ari ko warumeze.

Tell me your friends, i will tell you who you are. Nyamara ibyo yabivugaga ashaka guhisha ka business church bahuriyemo n’uwo muntu, barangije baramuriganya nyuma yo gushyiramo cash ze barangije bamwirukana murusengero “though” yaje kuriganywa.

Nuriganya nawe uzariganywa. Bibiliya niko ivuga. Undi arambwira ati twabonaga utagendana nabakobwa twibwirako uri ikiremba(ipotant) burya ubona abantu bakwitaho cyane, s’urukuundo ahubwo nugushaka kumenya uwo uri we.

Iyo bamaze kumenya imbere ni nyuma hawe, bari heza. Ugasigara wibaza uko byagenze, kandi nyamara ibara umupfu.

Nkunda cyane umulimo nkora wo guca imanza zitabera. Nubwo ar’indrya nkurye.

Urupfu rwa buri munsi ruba rumpiga. Ngahita nitabaza akabamfasha (files numbers) hari icyintu kimwe gihora kintangaza kandi cyikantera ubwoba cyane.

Abantu benshi cyane tuziranye uhereye mu buto bwanjye. Benshi byaciriweho iteka. Igitangaza ni uko n’amazina yabo nayibagiwe, ariko nyirubwite aja agarura amazina yabo mu dukino twabana tukiri batoya ngahita mbwirwa kubaciraho iteka.

Burya urwango s’icyintu cyiza. Igiteye ubwoba ni uko abenshi ari abega na bashiki babo. Abashambo baza kumwanya wa 2,Abasinga baza kumwanya wa 3,abashingwe baza kumwanya wa 4.

Mu by’ukuli iyi miryango sinzi icyo bapfuye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Burya ngo ababipfa nababisangiye. Niba hariho icyintu cyangoye kikaremerera umutima wanjye muri uyu mulimo nkora nukwandika amakuru yiyo miryango. Ariko nyine nyirubwite iyo yategetse wakongera ho iki?

I have to obey my father dwells in heaven. He’s the only one who ruling the world.

Dear Sister, brother, just wanted to remind you that remember who you are. In twenty last good years how things was done, and finally give thanks to your heavenly father God who blessed you.

Do not worry if people humiliation you, it is their time. But also time will tell them to honor you after reproach colonials you.

By then, the glory of the lord will be upon you, then honor and respect will come automatically. Just give them time.

Kumurwa bisobanura gucishwa bugufiya. Gucishwa bugufiya bisobanura gushyirwa hejuru. Igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo byose bigiye gushyirwa ku karubanda.

Ariko se bimaziki, guharanira ubutunzi bw’isi, warangiza ukajya mu itanure ry’umuriro. Elizabeth ll niwe warumeze igihe kinini ku bwami bwo mu isi. Imyaka 70 s’icyintu cyoroshye, ese Umwakagara yaba hari isomo yizemo. Ariko se iyo agira icyo yiga, yari gusenyera abashingwacumu

Skip to toolbar