Warwanya umuntu ariko ntiwarwanya umugambi w’Imana.Ikimenyetso cyasohoye 2018

Nyuma yuko umukuru wa Kanama gashinzwe amatora y’umukuru w’igihugu cya Kenya atangarije ibyavuye mu matora mu buryo bunyuranye n’itegeko shinga.

Aho itegeko rivugako, umukuru wa Kanama atangaza ibyavuye mu itora ry’umukuru w’igihugu hamwe nizindi nzego z’igihugu.

Abashinga mateka America bahise baza vuba na bwangu. Babonana na William Ruto, Raila Odinga na Uhuru Kenyatta.

Bakomeje urugendo rwabo berekeza muri Drcongo no murwagasabo. Amakuru avugako, Joe Biden yaba yarakoranye na Uhuru Kenyatta mu kugambanira Raila Odinga.

Aho Urukiko rw’ikirenga (uninimously) bose birengagije ibimenyetso byose byagaragaje yuko Raila Odinga yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Hasigaye icyumweru kimwe gusa ngo urukiko rujye kwiherera, William Ruto yahise yemera kwinjira muri Illuminati ayo ni amakuru mu buhanuzi.

Hasigaye umunsi umwe gusa, Ruto yari yamaze kubona yuko yatsinzwe urubanza ahita agura inteko yose y’abacamanza hatavuyemo n’umwe bose bemeza intsinzi ye.

Raila Odinga ugendera kuri demokarasi, yanze kuba umunyaryango wa Illuminati. Ndetse amwe mu makuru twatohoje mu myiyamamazo twahawe n’umwe mu bakora mu nzego z’iperereza witwa Kinuthia yatubwiyeko Raila Odinga azatsinda amatora ariko atazemererwa kwicarira intebe y’umukuru w’igihugu.

Raila Odinga ugendera kumyumvire ya demokarasi, akaba n’umwe mu ba rwanya ruswa na karengane, (activists) azize kwanga gupfukamira satani ngo ahabwe ibyo yemererwa n’itegeko shinga.

Twibutseko ari we ufite ubwiganze bw’amajwi mu nteko shingamategeko.Twibutseko William Ruto uzarahizwa taliki ya 13 uku kwezi kwa cyanda.

Turamenyesha abakunzi ba egretnews ko, amakuru yo kuri radio tuyahagaritse tuzajya tuyabagezaho mu nyandiko kubera impamvu z’umutekano.

Kaguta Yoweri Museveni na mwishwa we Umwakagara bahawe rugali yo guhiga Umwami Kigeli Ndoli.Kubera izo mpamvu, nta bwo tuzajya tubagezeho amakuru mu gihe gikwiye.

Bitewe na network yabakozi ba satani bashaka gukomeza kwigarurira isi n’ubutunzi bwayo bwose kugirango babone uko bakomeza kudukandamiza.

Inkozi z’ibibi zihagaritswe umutima cyane n’ubwo bahoze banyishima hejuru uhereye kumunsi wejo kuwa mbere, kuwa kabili, bavuga ko ngo babulijemo ubuhanuzi.

Uko n’ukwibeshya cyane kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aracyali ku ngoma. Nubwo bibabaje ariko kubabara siko gupfa (time will tell).

William Ruto yaguze abakozi bose ba Kanama gashinzwe amatora,buri umwe yagiye amuha million 3,z’amashillingi abitwa returning officers na presiding offers agura abacamanza bose, agerekaho gutanga amaturo kwa Satan.

Uwavugaga ko ngo yubaha Imana, ndetse akazarahuzwa afashe bibiliya yemeye kugurisha ubugingo bwe kumunota wa nyuma.

Uhuru Kenyatta batavugaga rumwe, bitewe ni uko nawe ari umunyaryango wa Satan yategetswe nizo nkozi z’ikibi gushyigikira Ruto akagambanira Raila wemeye kutamukoza isoni 2018 bagahana ikiganza cyamahoro.

Mutima ingoma kwa Raila Odinga, ntibivuzeko atatsinze amatora y’umukuru w’igihugu, kandi ntibikuraho kwima ingoma k’ubwami bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Abishimiye ko Raila yambuwe ingoma, mwaba mwibeshya cyane mu gihe mwaba mwibwirako kuburizamo ikimenyetso byatuma umugambi w’Imana uhinduka.

USA barwanije ubuhanuzi bwa Donald Trump kuri manda ye ya kabili. Ariko noneho nimurebe uko ubuzima buhagaze kubutegetsi bwa Joe Biden aho abaturage benshi balimo kumuvumira ku gahera.

Yambuye inguzanyo abanyeshuli bahabwaga na Leta ya (bursary) gaza yo guteka yikubye 3,ubu ahanganye na Trump bikomeye cyane aho buri wese yita undi umwanzi w’igihugu.

Ibinyamakuru bukorera mukwaha kwa Satan ntibajya bavuga ibibi Joe Biden akora mu butegetsi bwe, ahubwo burigihe baramutaka.

Intambara ya Ukraine niwe wayiteje, kandi ninako ubuhanuzi bwabivuze.

Intambara igiye gutangira hagati ya TAIWAN na China niwe uyirinyuma. Kuko igihe cya Trump hari amahoro aruta ahari kw’isi yose.

umwakagara natanga amaturo neza akayaha Joe Biden, bazemera igisuzuguro cyo kuba yarashimuse Paul Rusesabagina ndetse ashobora no kuzamsica. Cyane ko, kuva aho Blinken Anthony aviriyeyo agakurikurwa nabashingamateka rapolo yabo kugeza magingo aya ntabwo yashyizwe ahagaragara n’igitutu gisa nicyagabanutse ashobora kuba yarapfunyikiye impamba abashinga mateka b’abademokarate baherutseyo.ubu

Ubuhanuzi bwo muri iy’iminsi mikeya ishize, buvugako, America igiye kwinjira mu bihe bidasanzwe kandi bigoye. Urebye guhangana gukomeye kuri hagati ya Joe Biden uhagarariye abademokaraye, na Donald Trump uhagarariye abaRepulic cyangwa se CONSERVETIVE uhite ubona ko amatora yo muri 2024 azaba atoroshye.

Inkozi z’ibibi zimaze kubona ko ibyo duhanura bibaho, bagiye inama kw’isi yose kuzajya bakurikirana ubuhanuzi kugirango bashakishe uko babubulizamo.

Niyompamvu akaga, ibyago, n’amakuba bizarushaho kwiyongera cyane kurusha uko byari biteganijwe. Niyompamvu imikorere yahindutse dusigaye dutinda gutangaza ubuhanuzi kugirango ubukwiye gusohoza umulimo wabwo bubanze busohoze izo ngegera zitararabukwa. Iyo niyompamvu nyamukuru inatumye duhagarika amakuru mu buhanuzi kuri radio ariko muzajya mu buhabwa mu nyandiko.

Ubu dufite ubuhanuzi bw’umwaka wose butari bwatangazwa bivuzeko, buzajya bwandikwa usage harimo ubwamaze gusohoza umulimo wabwo aho bizaba bitagishobotse kuburwanya.

Ariko usomye ubuhanuzi neza bwa 2017_2017 wasanga ikimenyetso cyararanggije gusohoza. Ubuhanuzi buvugako Raila Odinga azarahizwa kuba umukuru w’igihugu. 2018 yarahiriye kuba umukuru w’igihugu as people’s president republic of Kenya. Ninayompamvu habayeho handshake rero akariro gacye naferi.

Ikibazo cyabaye Nyampinga na nubu agitegerejwe bitazwi igihe azaziraho cyangwa igihe tuzahura.2019 ubuhanuzi bwari bwatanze igihe azaziraho, in October, za nkozi z’ikibi za rnc zishimuta nyirarume Ben Rutabana taliki 5 sept, 2019 Uganda Kampala.

Mu gice cy’ubuhanuzi cy'(138) uzahasanga inyandiko yo kurahirira ubwami bugendera ku itegekonshinga aho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yarahije Umwami Kigeli Ndoli mu mwa wa 2020. Byose yaribizi ibikora mbere y’igihe.

Whether you are accept nor not, that’s the facts and the truth of the matter.

Igihugu kiri mu bwoba bukomeye cyane kuba Raila Odinga nta cyo aravuga usibye ubutumwa yacishije kuri twitter bigira buti: we have stood for the rules of law and the constitution. In this regard, we respect the opinion of the court although we vehemently disagree with their decision to day.

In another hand Ruto afite ubwoba bwinshi ejo yavuze ko ngo azahamagara Raila bakavugana. For what? Things is not easy as you think.

Skip to toolbar