Umwakagara wa kwijyanye muri gereza 1930 ukikatira igifungo utari wacibwa igihanga!

Ubuhanuzi buvugako, umwakagara azakurwa ku butegetsi aciwe igihanga.

Ulinda ucibwa igihanga watanze ubwami bw’abandi ko igihe utegetse atari gitoya!?

Nutegereza ko baguca igihanga, bazagica kuko wivugiye ko, isi ari nta mbabazi igira.

Ndetse reka nkwibire ibanga, uzakorerwa ibirenze ibyo wakoreye abandi kubera gukiranirwa kwawe.

Abambari bawe ibyo bakoreye abandi bazakubirwa inshuro 7,aho niho bazamenya yuko umwuka w’Uwiteka ari muri jye. Niki mutabwiwe? Niki mutabona.

Habyara ati nd’Ikinani cyananiye abagome n’abagambanyi. Rukokoma ati nkina politike yo hejuru mu kirere. Kigeli V. Ndahindurwa ati ryashe mbona. Mukashema Esperance ati ntuye hagati y’Abazungu urupfu rwanjurage? Umwakagara ati, isazi nzayicisha inyundo. Kandi ati ibyo hano iwacu ntibikora!?

Abwirwa benshi akumva beneyo. Reka nirambikeho Ndabona butandukanye nahugiye mu kwandika nze kubona akanya ko gukurikira icyemezo cy’urukiko ku matora y’umukuru w’igihugu.

Skip to toolbar