Inda z’abakobwa 150000 abega bazitanzeho ibitambo!!!

Birababaje cyane kubona Leta ya abega bashyiraho itegeko ryo gukuramo inda kubagore bagera kubihumbi 150,000 by’abana bari kuzavuka bakabaho nk’uko nabo ababayeho.Ahangaha uribaza nimba abashyizeho ayo mategeko,bo iyo baza gukurwamo inda zabo,ayo mategeko bashyizeho yarigushyirwaho nande?
Umwakagara arigukora ibishoboka byose ngo,atange ibitambo byinshi arebe ko yazaguma kubutegetsi.kandi nyamara Uwiteka yamaze kumukura ku ngoma,hasigaye kumuhirika gusa ubundi inzogera ikirenga.
Nta mpamvu nimwe bashobora gutanga yatuma bakuramo izo nda.Amakuru dufite avuga yuko abo bagore bose batwaye izo nda ku kagambane k’ubutegetsi bw’abega.Ndetse bivugwa yuko bahawe cash kugirango batware izo nda,maze barangije bahita bashyiraho iryo tegeko barihuza nuko igihe cyo kuzikuramo kegereje kugirango haboneke ibitambo byinshi byo guha imana yabo satani.
Ibi bintu ariko ubanza bitazabagwa amahoro,ese buriya uwababwira ngo abana babo bicwe kugirango umubare wa abana ugabanuke bakwemera?Burya agahwa kari kuwundi karahandurika koko.MKUKI kwa NGURUWE ni mtamu,kwa mwanadamu ni mchungu.
egretnewseditor@gmail.com
Skip to toolbar