Abega-kazi bameze nabi(Catherina)wararindagiye!

solange nshuti solangenshuti@yahoo.com

Wed, Aug 7, 2019, 3:47 PM

to meinyangenewseditor@gmail.comnccleon@gmail.com
Hey,
Nkubaze?? Ushobora gukora self-evaluation ukambwira icyo umaze kuriyi si????????????????
kuvugaaaaaaaa bizakugeza kuki? abandi turi gukora, twiteza imbere, dushaka gusiga isi nabaituye baryoherwa, wowe ukanuye, uraho gusaaa uri gucuruza urugambo rudafashe?????? mubyo wari wavuga, niki wavuze ushobora guhagararaho uvugishije umutimanama wawe?????? Please????? gira ubwenge Icyo ubibye nicyo usarura mu buzima,ariko menya ko byose utazava kuriyisi utabyishyuye.

Nta ujyana ideni my friend.
Uzagenda umaze kwishura ibikorwa byose wakoze, ibyo ubimenye.
Uganjwemo ikibi, uzabona umusaruro.
” Mushahara wa zambi ni mauti “
Tekereza kabiri muvandimwe, inda irarya uyu munsi, ejo ukajya muri toilet bikagushiramo, ejo bundi ya nda ikongera igasaba ibindi biryo, uwo ukorera uyu munsi araguha ibyo kunya, bigira iherezo. Kwishushanya ntacyo bizakumarira, uribeshya wowe ubwawe, nubuzima bwawe ushira mu kaga.
Umurozi gusa, ukorera mu mwijima. twarakumenye shaaa, uzabeshye abahinde burya.
uwakuyobeje yarakwishe kabiri, nuko utabizi.
Funguka amaso urebe neza, nta mahoro uzagira mu gihe ugishira abana wabyaye, bene so mu kaga,
Uzarinda usaza ukibuyera, uzerera isi,
ngo umugisha wawe barautwaye harya hihihihihEmojiEmojiEmojiEmojiEmoji, ubwo rero amaso azahera mu kirere kuko mu gihe bariya uvuga bari gukoresha ubwenge bakunguka bagacakira ibyabo, wowe uri kubunza umunwa , amatwi yo ntayo ukigira hahahaha, uzumirwa.
Gira ubwenge muvandimwe, kora ibyabagabo wabera. Tekereza kigabo.
Abantu ubashire hasi, kora akazi kinyamwuga.
Ibintu byose ko byakunaniye, washize ubwenge ku gihe di????
Uziko wagira ngo warasaze neza.
Burya imbuto zumwuka wera ni……
naho iziyisi ni………………
wavugaaaaa ariko kora ineza
AaaaaaaPuuuuuuuuu
Urakaramba ureba uko Yesu agirira neza abamwiyometseho, urakicuza inzira yumwijima urimo
Skip to toolbar