Ni uko byaba aragahoma munwa,naho ubundi byari bikenewe kureba intambara ya M7ni,n’Umwakagara!!!

Amakuru aturuka mukadomo aravuga ko za magigiri zari zifungiye Uganda zaje kurekurwa n’umwana w’UMUSITA M7ni,ngo zaba zitangiye gupfa nyuma yo kurekurwa zimaze kugaburirwa amarozi mu byo kurya bahabwaga na Leta ya Uganda.

Bikavugwa ko ngo ariyo mpamvu Umwakagara atigeze atindiganya abanyaUganda yafashe bose yarabishe kuko yarazi ko,M7ni za magigiri ze yafashe atazapfa kuzirekura gutyo gusa!Ibyo bikaba aribyo Umwakagara rimo kwitwaza ngo kuba yaratanze imirambo mu gihe we yahawe abantu bahumeka bategereje gupfa.

Twibutse ko ubugome bwose bw’Umwakagara abukomora kuri shebuja M7ni,wari umuyobozi we muri Leta ya Uganda nyuma yo kurwanya ubutegetsi bwa ‹OBOTTE› bakabukuraho bagafata ubutegetsi bagashinga Leta y’inyeshyamba na bugingo nubu.

Bivuze ngo,Umwakagara na nyirarume M7ni baraziranye neza cyane nk’umwana na se,kuburyo basangiye byinshi mu bijyanye n’amabanga y’ikuzimu.(Gushimuta,kwica,kunyereza,gufunga,nubundi bugome bunyuranye).

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar