Yearly Archives: 2019

Noneho se Umwakagara yaba agiye kubahiriza itegeko rya ONU?

 

Col Byabagamba ubwo yasohokaga mu cyumba cy’urukiko kuri uyu wa gatatu

Col Byabagamba warindaga Perezida Kagame avuga ko afunze uko bitagenwe n’urukiko

Amerika Yaronse Amakuru y’Ibitero Irani Irimo gutegura kuri America

ministiri w’ububanyi n’amahanga Mike Pompeo, ministiri w’ingabo w’agateganyo Shanahan
Abategetsi bakuru muri guverinema ya Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika barageza kuri bamwe mu bagize inteko ishingamategeko amakuru ku bitero ingabo za Irani zaba ziteganya kugaba mu burasirazuba bwo hagati.

Barabuzwa niki kubyita ubujiji ko abana babo bibereye mu Burayi n’America!

 

Ababyeyi baje muri gahunda y’imbonezamirire ku kigo nderabuzima cya Rubungo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali
Abega nibigoryi ku buryo butangaje,ubujiji namafunguro bihuriyehe,ko bavuye Uganda ar’injiji byababujije gufata igihugu? Muzabeshye abashinwa abatazi ikinyarwanda.Usibye ko muri iyiminsi nabo bakimenye.

Abega bakamye ikimasa!!!

 

      Byatunganye

Perezida Trump w’Amerika avuga ko intambara yaba ‘ivuze kurangira kwa Irani’ubuhanuzi bw’abayisilamu

Ubushyamirane bwariyongereye ku butegetsi bwa Perezida Hassan Rouhani wa Irani na Donald Trump w’Amerika
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye Irani bikomeye, avuga ko Irani yahita isenyuka ibihugu byombi biramutse birwanye.
Skip to toolbar