Category Archives: Slider

Hasigaye Iran niyo igiye gukurikiraho

Nyuma yifatwa rya Nicholas Maduro hagiye gukurikiraho Iran Ali Khamenei na we atabwe muri yombi, nyuma yaho hakurikireho intambara yubutita ya China na Russia bazahangana na USA intambara ishobora kuzaba iya gatatu y’isi yose nkuko Ubuhanuzi bwavuze.

President Nicholas Maduro ari mu bantu baciriweho iteka kandi bahawe za files numbers nyinshi cyane!!!

Trump yatangaje ko ‘bafashe’ Perezida Nicolàs Maduro mu bitero bikaze Amerika yatangiye kuri Venezuela Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela ndetse no ku murwa mukuru wayo Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma anatangaza ko bataye muri yombi Perezida Maduro w’iki gihugu. Ibi ni byo bitero bya mbere bikomeye Amerika ikoze ku mugabane wa Amerika y’Epfo kuva nyuma y’intambara y’ubutita mu myaka ya za 1990.

Iran’s Exponentiating Missile Threat: Will the U.S. and Europe Just Sit and Watch?

These missiles – now part of reportedly the largest missile arsenal in the Middle East – can reach not only regional targets but also the U.S. and Europe, a senior Iranian lawmaker has openly boasted. The regime does not just brag about these weapons; it uses them. This trajectory should deeply concern the United States, Europe, and other democracies.

God’s files numbers doing a great job against Iran’s regime

Iran’s leadership lashed out Friday after US President Donald Trump threatened intervention amid deadly protests, with Iranian officials warning that American troops in the region could be targeted if Washington interferes. “If Iran shots (sic) and violently kills peaceful protesters, which is their custom, the United States of America will come to their rescue. We are locked and loaded and ready to go. Thank you for your attention to this matter! President DONALD J.TRUMP,” he wrote on Truth Social on Friday.

Itangazo rya NYAMPINGA No 3

Itangazo rya NYAMPINGA n°3 usabwe kwandikira Umwami Kigeli Ndoli ukamwibwira ko ari wowe NYAMPINGA n°3 wasimbuye Anne Uwamahoro Rwigara, witabye Imana kubera gusuzugura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo taliki ya Dec 28, 2023 muri America.

Translate »
Skip to toolbar