Reka dushimire umunyamakuru Tabitha Gwiza wa radio iteme
Tabitha Gwiza yemeye ko nkora umurimo w’Ubuhanuzi, naho mukuru we Adeline Rwigara agahakana ko ntari Umuhanuzi kandi ko gushimutwa kwa Ben Rutabana musaza we,n’urupfu rw’umukobwa we Anne Uwamahoro Rwigara atari Ubuhanuzi, ahubwo ko nkorana na gatsiko k’abega.Ntabwo Ubuhanuzi bwigeze bwandikwa na bantu (2) kuri www.inyangenewss.com igihe cyose Ubuhanuzi bwanditswe n’Umuhanuzi Majeshi Leon, Adeline Mukangemanyi arimo kuyobya uburari. Kandi naho radio inyangenewss.com yaba yarakozeho abantu (2) niki yakoze ngo amenye neza ko dukorana na Kigali dore ko na magingo aya atari yemera ko nd’Umuhanuzi.
Igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo agiye kumenya kandi akemera ko ndi we, ureke biriya yigira, nta kiraba kuzageza igihe azemera ko ndi we, niho byose bizasobanuka.Kuko umucyo iyo uri munsi y’umwijima, nawo witwa umwijima, ariko umucyo iyo uri hejuru y’umwima umurikira isi, witwa umucyo w’isi.
Kandi erega nta bwo umucyo uzahishwa iteka ni iteka ryose. Igihe kizagera amenye ko nari we kandi ko ndi we,icyo gihe ubwo azavuga ko yari yibeshye.














