Umugambi w’abega wo guhimba abahanuzi bi binyoma na bapfumu bi binyoma mu mpunzi za banyarwanda bari mu mahanga!!!

Dec 31,2015 ijambo ry’Uwiteka ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira umukuru w’igihugu cy’ISAMARIYA Peter Nkurunziza yitegurire urugendo agiye kujyamo kuko n’urugendo rwa kure azarumaramo igihe kirekire kandi namara kugera aho azaba agiye azashima ubushyitsi nta bwo azagaruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ko abega-kazi bamaze guhabwa impamba y’utuzi twa Dan Munyuza ngo banyuze iy’ubusamo abatavuga rumwe n’ingoma y’abega bakorera mu mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abagabo bashaka kurongora abagore ko bakwiye kwitondera abakobwa bifuza gushaka kuko abenshi bagaragara nk’aho ari beza, ni abega-kazi na bashambo bashyigikiye ingoma ya kega, gashambo, na gasinga, niba utabarirwa mu mazu yabo ukibeshya ukabashakamo bazarimbura ubugingo ubwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko izo za magigiri zihawe za camera ngo zijye zifotora umuntu bashinzwe kugigira kugirango berekane yuko misiyo bahawe bamaze kuyigeramo. Kandi uwo ba batumye bamaze kumubona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanurira izo nkozi zikibi uzibwire ngo muravumwe wa muvumo w’Uwiteka Imana uza babaho iteka niteka kuko mwagambaniye bene wanyu mu gihe cya kaga ibyago na makuba kandi batariho urubanza uko niko Uwiteka abivuga.

Muzarya mwe guhanga, muzambara mwe kuberwa, muzanywa mwe gushira inyota, kandi urwango ruzabahoraho kuzageza igihe muzakurwa mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingoma y’abega ishaka abantu maze ibaha amabwiriza yuko bakwiye kwiyita abapfumu, inshingano zabo ni ukuzajya bagigira umuntu wese uje ku baraguzaho bakazajya bandika amazina yabo ni bibazo byabo maze bakazajya babitanga murwego rw’ubutasi rwa DMI uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingoma y’abega bagiye gushaka igice cya (2) cy’abantu bazajya biyita abahanuzi nabo bagiye ku bakwirakwiza amahanga maze bigire impunzi bavuge ko bahunze ingoma y’abega, maze bajye bahanurira abantu ibinyoma bana bakuraho amakuraho amakuru maze bajye ba barindagiza babateshe umutwe kugirango abantu bazinuke insengero uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bazigira abapfumu nabo bazakwiragizwa mu mahanga, kandi bazaba abantu bo kubabamaza ko ngo ari abapfumu beza bareba bakamenya ibibazo by’umuntu uko bimeze ndetse bakanamuha intsinzi. Abo bandi nabo baziyita abahanuzi nabo bazahwa bagenzi babo bazajya ba bamamaza kugirango babashe kwinjira mu bantu no kubona abantu ba bayoboka maze inzego z’ubutasi bw’u Rwanda bazabashe kubona amakuru yabo kugirango bizajye biborohera kubaca ibihanga maze abantu barusheho gutinya Leta ingoma y’abega bazananirwe kujya bahurira hamwe batazashobora guhuza umugambi wo Kuzarwanya ubutegetsi bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abega bagiye indi nama ikomeye cyane babwira abo bantu babo bagiye kwihindura abapfumu na bahanuzi ko bazirinde kwamagana Ubuhanuzi bw’Umuhanuzi Majeshi Leon kuko benshi barabwizera cyane, kandi burafatika ahubwo muzabwongeremo ibindi kugirango murusheho kubavangira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Tuzajya tuboherereza amashillingi kugirango namwe bigaragare ko Uwiteka mukorera ajya akoresha abantu kuboherereza umugisha nkuko Umuhanuzi Majeshi Leon na we ajya yohererezwa amashillingi bikagaragara yuko ari Umuhanuzi nyakuri uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bazajya bakoresha ibinyamakuru birimo ikaze.com ni kindi kinyamakuru cyitwa iwacu.com kugirango bamenyekanishe abo bigize abapfumu na bahanuzi kugirango bamenyekane maze barusheho kuyobya abantu benshi kuko bizadufasha kugabanya kumenyekana k’Uhoraho Majeshi Leon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho maze rirambwira riti, abo bigize abahanuzi na bapfumu, nibamara kumenya abaturwanya aho batuye, abahanuzi bacu bazajya bagenda bajye kubasura bitwaje ko Uwiteka aba batumyeho maze b’abashyiriremo utuzi twa Munyuza uko twagenje gahunda yo muri UN uburyo twishe abahutu bose bakoraga muri UN Nairobi bose bagashirira ku icumu na bandi niko tuzagenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko abega bakomeza gutegura gahunda zabo ndetse banashima uwigize umuvuga butumwa witwa Esther Marie Murebwayire uburyo akomeje gukora umurimo mwiza yatangiye wo kubwiriza impunzi kandi uwo murimo awukora neza, dore amaze kuzenguruka Uburayi bwose ndetse ajya anabwiriza no kuri radio itahuka ndetse vubaha aherutse muri Africa y’Epfo yahakoze umurimo mwiza cyane dukwiye gukomeza kumushyigikira tukamuha support?

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu komeza utege amatwi maze wumve uko abega balimo kuvuga. Ndakumeza ntega amatwi numva bakomeza kubwira abo bicanyi babo boherejwe kujya guhitana impunzi bakoresheje amarozi maze numva baravuze ngo mukwiye kurwanira igihugu cyanyu ni mutakirwanira bazabasubiza mu buhungiro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mwikuremo ubwoba kuko nta kundi byagenda kandi baca umugani ngo wanga kumenera igihugu amaraso, imbwa zakayanywera ubusa. None mwe gutinya kuko abaturwanya nabo badatinya namwe ntabwo mukwiye gutinya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ku bwimpamvu zo kulinda ubuzima bw’abanyarwanda musabwa kwitanga mutitangiriye itama kandi muzabihemberwa cyane muhabwe ingororano cyane azabasha gushyira mu bikorwa uyu mugambi byibuze uzahitana abantu byibuze barenze (2) azahembwa bikomeye cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, komeza utege amatwi kugeza kw’iherezo ry’uwo mugambi. Numva ba babwira ngo, kandi mukwiye kwirinda kumenyekana kuko uzapfa amenyekanye azakorerwa ibyo yaratumwe kujya gukorera abaturwanya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira abanyamurenge uti, muravumwe wa muvumo Uwiteka ya bavuzeho, kuko mwananiwe kugendera mu bwiza bw’Uwiteka ahubwo mukagendera mubushake bw’umwana w’umuntu. Dore mwanze kwihana kandi mwaraburiwe igihe kibaye kirekire ariko mwaranze niyompamvu aho muzajya hose mutazahirwa kuko ukuboko k’Uwiteka kubaramburiweho kandi ku kazabaremerera cyane kuko mwanze kumva iyo ivuga yo mu ijuru uko niko Uwiteka ategetse!

Abakobwa banyu bazakura babure urushako, abazashaka bazabura urubyaro, abazabona urubyaro bazabura amahoro mu mago yabo (mbese nta amahwemo) uko niko Uwiteka abivuga.

Kuko mwamanitse amajosi mwanga kumvira ibyo Uwiteka yabasabye gukora kandi s’uko mutabizi ahubwo mwarabyirengagije, ahubwo muhora muririmba amasezerano nahaye basokuruza banyu igihe cyabo cyararangiye kandi na babwiye ko urubyaro rwabo ni runyubaha nk’uko bo banyubashye ko nabo nzabaha umugisha mu isi yabazima.

Ariko mwaranze mugendera mu nzira za Balaam mwene Bewori wemeye kurya intonorano ngo avume ubwoko bwanjye. Nyamara se ni njoro sinari na mu bujije ko atagenda kuvuma ubwoko bwanjye? Uko niko Uwiteka abaza!

None namwe niko mwabaye mwananiwe gushaka mu maso h’Uwiteka, ahubwo musigaye Mwirirwa muyoborwa na banyenzozi ziba dayimoni bavuga ngo navuze kandi ntavuze! Niyompamvu mugiye guhura na kaga mu bihugu byose ku isi mwahungiyemo nzabateza inyatsi nta kintu muzatunga mu bubiko bwanyu nza babuza amahoro kuzageza igihe muzabona yuko mwacumuye k’Uwiteka mukihana mutakwihana nka barimbura kuko kubaho kwanyu nta cyo kuzaba kumaze uko nuko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igikuta cyari cyarananiranye Uwiteka agikuyeho uko niko Uwiteka avuga.

Abanyarwanda ndabaruhuye mbakuriyeho igihu cy’urukuta rw ’ibibazo bari bamaranye imyaka birarangiye uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mbona ko hagiye gukurwaho ikintu kiremeye cyane kimeze nk ’ubwato bunini cyane mbona ubwo bwato bugeze aho bugongana n’ibuye rikomeye ry ‘Urutare riri mu Nyanja mbona ubwo bwato barabutangatanga kugirango butambuka mbona buri hafi kugera ku nkombe mbona abazungu barabutangatanze ba bubuza kwambuka buhita bogonga rya buye buhita burasaduka abantu barimo bose bararimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona izina ry’ubwo bwato ngo bwitwa BUSHOMA buri mu Nyanja mbona ubwo bwato burimo abantu benshi berekeza hakurya yiyo Nyanja ubwo bwato bwari bwuzuye abantu benshi cyane ariko ntabwo bwigeze bugera ku nkombe y’inyanja mbona buheze hagati mu mazi bugonze urutare ruri mu mazi y’inyanja abantu bose bararimbuka uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, Umwakagara Paul Kagame azakurwa na bazungu bo mu Bwongereza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar