Ikurwaho rya Evariste Ndayishimiye, rifitanye isano rya hafi nikurwaho ry’Umwakagara Paul Kagame!!!
The rhema word comes from heaven and told me that man of living God of heaven, just sight front you and see what written on the black board the word that I saw was written in English Language called “Serve” the word of the might God of heaven told me that, son of man wakeup and serve my people. Immediately I woke up and started my job of writing the prophecy which is the word of God of armies declared.
Njyanwa mu iyerekwa mbona idini ryitwa Church VIVANTE rikorera mu kanogo kwa Pastor Gataha Straton mbona intama ziryo dini zigizwe ahanini na banyarwanda baturutse mu gihugu cy’Uburundi gusa! Mbona izo intama zisa ni zitagira umushumba wazo! Kuko si nabonaga uwigize umushumba w’intama zitari ize, ari we Gataha Straton yasaga naho yabanje gupfa ahagaze hanyuma aza no gupfa akurwa kw’isi ya bazima za intama yaragiraga kandi atarize ndetse Uwiteka Nyiringabo atarigeze azamuragiza zisigara zitagira uziragira nyuma yo kwirukana abashumba bose bafatanyaga na we kuragira umukumbi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Dec 30, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’Umuntu, ihangane wongere wisubizemo imbaraga wandike iby ’ubonye kuko ni bigiye gusohora vuba cyane bishoboka kugirango Umwakagara Kagame Paul babone uko bamusatira cyane, kuko ndabizi rwose yuko intugu zatentebutse, ariko kandi nta kundi bya genda wibuke ko nta muntu uguhagaze hejuru kuko Uwiteka azi neza yuko ukunda umulimo kandi utajya ukorera ijisho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibintu byakomeye ukimara kwandika no gutangaza igice cya (21) cy’Ubuhanuzi umaze gushyira ahagaragara mu kanya inama ya barwanya Umwakagara Paul Kagame yihise irangira dore ibyavugiwe cyangwa bafatiye umwanzuro mu nama bemeje yuko za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame na RPF zigomba kujya bazica aho ziri hose ku isi kandi zizajya zicwa na bantu batazwi kugirango bamuhahamure Umwakagara na bambari be uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Kayumba Nyamwasa na bambari be ba RNC bemeje ko bazajya batanga Umwakagara Paul Kagame gukora igikorwa yimirije gukora mbere yuko agikora, kuko bafite bamwe mu bo bakorana na we basanzwe batanga amakuru bakayaha ibihugu bikomeye kugirango bamenye imikorere na mabanga y’Umwakagara kugirango babashe kuburizamo imigambi ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame zitanga umubare wa bantu zaciye ibihanga, ariko noneho numva zivuga ngo yewe ubanza natwe akacu kashobotse, kuko abo twarwanyaga nabo batewe ingabo mu bitugu ngo bajye baduhigisha uruhindu ndetse bajye baduca ibihanga nkuko natwe tubaca ibihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame zigiye gukwirwa imishwaro zerekeza mu Nyanja nini cyane (isi) ibabane nini cyane kuko Uwiteka Nyiringabo ahisemo kuburizamo ibikorwa byabo by’ubugizi bwa nabi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi ziciriweho iteka ndetse dore abaguhigaga boherejwe mu butayu bugufiya ntuzongera ku bumva ukundi kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abahagurukiye uko niko abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi z’abega zihora zirata gukiranirwa no guca ibihanga by’ubwoko bwanjye. None nanjye iminsi yo kubaho kwabo nyishyizeho iherezo kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mu ijuru haba inama yikuba gahu yigaga kubibazo bya bakiranutsi n’uburyo umwanzi wabakiranutsi bo muri gakondo akwiye kugenzwa nuko numva umwe mu bizima (4) aravuze ngo; twohereze mwuka wera niwe umenyereye gutekinika abanzi b’Uwiteka Nyiringabo kugirango imigambi yacu ibashe gusohoza.
Nuko numva bose bikiriza icya rimwe ngo Amen.
Bisobanura ngo bibe bityo! Nuko umwuka wera aravuga ati, nzagenda mbereke ko bafite intwaro zikomeye cyane, kandi yuko abaturage bose ni babona yuko bagiye kwicwa kubera intambara ibageraniye bazahita bemera ku mujya inyuma ariko bizaba atari ukuri, ahubwo abaturage bazaba babonye uburyo bwo kwihungira maze hasigare Umwakagara Paul Kagame na bambari be uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe umutegeka w’isi azahita ategeka yuko Umwami w’IBUYUDA n’Umwami w’Isamariya bacibwa ibihanga ako kanya bazahita bakurwa ku ngoma kugirango babace ibihanga umugenda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami w’Isamariya ni we uzabanza gucibwa igihanga hanyuma Umwami w’I YUDA abone gukurikiraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami w’I YUDA nagira amahirwe azahungira munsi yurugo, ariko nabwo azahigwa afatwe ajyanwe mu nzu y’imbohe aho azamara ubuzima bwe bwose iyo niyo ntangiriro y’intambara ya lll y’isi yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwami w’Isamariya asigaje iminsi itarenze (180) kugirango ibyahanuwe bibone gusohora umurimo wabyo, hanyuma Umwakagara Paul Kagame we, iminsi asigaje ingana niyo mugiye kurangiza ingana niyo agiye kurangiza nyuma yuko azaba amaze gusohoza ibyo yamahagariwe kuko hari bimwe arimo gusohoza mu gihugu cy’ISAMARIYA na birangiza ubwo ni we uzakurikiraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com



























