Dore amakuru ya NYAMPINGA niba ashaka kwimenya neza uko ateye!
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akomeje gusaba Umwami Kigeli Ndoli gutanga ibisobanuro bihagije kuri NYAMPINGA wo muri CANADA, yaturutse muri Congo, atuye muri Canada, afite bene wabo mu ngabo za M23, yahawe igihe cyingana n’ukwezi kumwe kuba yamaze kwandikira Umwami Kigeli Ndoli mbere yuko hacibwa iteka rya burundu mukwezi kwa kabili 2026.
Aramutse adakoze iby’Uwiteka Imana Nyiringabo ubwo nta kindi kizaba gisigaye atari uguhabwa files number agacirwaho iteka rya burundu kuko yasuzuguye Umwami Imana waremye ijuru n’isi.
Twirinze kuvuga amazina ye kumpamvu z’umutekano we, ariko mukwezi kwa kabili amazina ye tuzayashyira ahagaragara kugirango bimenyekane ko yaciriweho iteka.
Bivuze ko yahawe ukwezi kumwe twongeyeho ni gice y’ukwezi kuko dusigaje ibyumweru (2) ngo umwaka urangire iminsi (44) turumva ihagije kugirango abashe gufata icyemezo. Kandi ntabwo Imana yafata umwanzuro umeze gutya itazi yuko yavuganye na we.
egretnewseditor@gmail.com













