Kumunsi w’Uwiteka Nyiringabo muri gakondo ya bakiranutsi ibiragi bizavuga, naho ibipfamatwi bizumva!!!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umwana w’umuntu, dore abatuye muri gakondo ya bakiranutsi banze kumvira Uhoraho Nyiringabo, ahubwo bumvira ijambo ry ’abadayimoni ndetse bakanumvira umwana w’umuntu uhumeka umwuka mu mazuru yarangiza agapfa agakurwaho akibagirana mu isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukora ikintu gishya muri gakondo yabakiranutsi. Ni uko rero uburire abatuye muri icyo gihugu bitegure kuko ibyo ngiye gukora, uzabyumvisha amatwi zi zavuza injereri kandi ibyaremwe byose bituye muri gakondo ya bakiranutsi icyo gihe bizamenya yuko nd’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi abagore uzaba afite inda y’ukwezi kumwe (1) ni yumva ikintu gishya Uwteka yakoze, azajya kubise ako kanya kimwe n’ufite amezi (9) kandi bose bazibaruka icyubahiro cy’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ibyaremwe byose bigiye kumenya yuko Uwiteka yagendereye gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, icyo gihe inyamaswa zo mu ishyamba, ibiguruka, ibigendera hasi, n’udusimba two hasi byose bizamenya yuko Uhoraho yanyuze mu gihugu gusuhuza ubwoko bwe uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza ibiragi ni bipfa matwi byose icyo gihe bizavuga, abandi bazumva kuko bazamenya yuko Uwiteka yanyuze muri gakondo yabakiranutsi uko niko abivuga.

Musabe Uwiteka icyo gihe nti hazabe ari umunsi wimbeho cyangwa umunsi w’isabato kuko uzaba ari hejuru y’inzu nta za manuka ngo ajye gutora icyo yasize mu nzu.

N’uzaba ari mu murima nta zasubire murugo gufata umwitero kuko bizaba bikomeye cyane birenze ubwenge bwa muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Uwiteka Nyiringabo yumvise kurira kwa bahatuye kandi yabonye ibyo bakorewe kuko bapfakajwe igihe kitaragera, niyompamvu nanjye nzabapfakaza nkitura amarira yabaharega kuko numvise gutabaza kwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore nzamanuka njye kwirebera yuko urusaku rwa baharega ari ukuri kugirango menye ibikorerwa ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 Exodus 3:7 

The Lord said, “I have indeed seen the misery of my people in Egypt. I have heard them crying out because of their slave drivers, and I am concerned about their suffering.

So I have come down to rescue them from the hand of the Egyptians and to bring them up out of that land into a good and spacious land, a land flowing with milk and honey—the home of the Canaanites, Hittites, Amorites, Perizzites, Hivites and Jebusites.

And now the cry of the Israelites has reached me, and I have seen the way the Egyptians are oppressing them. 10 So now, go. I am sending you to Pharaoh to bring my people the Israelites out of Egypt.”

Ijambo ry’Uhoraho Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore isi yose itazangazwa cyane no kubona bya bikoma ngoma batinyagwa n’isi yose, binjiye mu butayu bugufiya abandi batorongera mu mashyamba ahabo ntihaba hakiboneka maze abantu bose batangararira Uwiteka Imana Nyiringabo.

Maze numva baravuze ngo, YEWE TUREMEYE PEEE!!!!!! KOKO UWITEKA ACA IMANZA ZITABERA KUKO TWAJYAGA TWUMVISHA AMATWI NONE TUBIREBESHEJE AMASO YACU Uwiteka ahabwe icyubahiro iteka n’iteka ryose Amen.

Nongera kubona abatutsi-kazi Uwiteka abakoza isoni birirwa bazenguruka bashaka aba basambanya kubera yuko bari bageraniwe n’ubutayu bugufiya, mbona bwa buranga bwabo n’ubwiza bwabo, buzira umuze buhinduka imiranga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ko abo bagore na bakobwa bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi basambanywa ni ingegera bibagirwa ibyubahiro byabo bari bafite bahinduka imiranga babura Epfo na ruguru. Ariko abenshi muri bo, bari abegakazi ni uko mbona basubiye ku kabo ko gucanisha inkwi zumye kandi hari hashize igihe kirekire barabyibagiwe bavuga ko ari ibya abakene batagira amikoro uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

N’uko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu, ntaho Uwiteka atagukura ngo agire aho akugeza, kandi nta naho Uwiteka Imana Nyiringabo atagukura ngo ananirwe ku hakugeza ukimana na abami ni bikomangoma kuko iyo ariyo kamere y’Uwiteka Imana waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar