Dr. Charles Kambanda: Ibyo banze bari kubishakisha imbaraga kandi bitagishoboka ko biboneka

Abana b’abantu baragoye kandi cyane, kandi ikibazo gikomeye cyane bafite N’ukutumvira. Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse mu bice by’Ubuhanuzi bitandukanye ko, Dr. Charles Kambanda, Adeline Mukangemanyi Rwigara, SHIMA DIANE RWIGARA, Umwami Kigeli Ndoli bagomba gutegura inyandiko mvugo yamasezerano yitwa [memorandum of understanding MOU].

yo kugirango hategurwe gahunda yo kwimika ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo muri gakondo yabakiranutsi, ariko barabyanze Imana bayica amazi. Muyandi magambo bari mu nama nkuru y’ibwami (Royal Cabinet House) kuko (memorandum of understanding) bari kuba bagiranye isezerano n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Uwiteka Imana Nyiringabo ajya kuvuga ibyo, ni uko yarazi ibyari mu mutima wa Dr. Charles Kambanda bijyanye na «complain of sharing nation cake power of Hutu’s tribe) akomokamo. Ariko yahisemo kwica amatwi. Ahubwo akomeza kwiringira Kayumba Nyamwasa n’AbanyaMerica yibwira yuko ahari hari icyo bazamugezaho.

Mu minsi yashize mwumvise uko yitotomberaga RNC abereye umuyoboke, ko ngo batagishaka ko anavugira kuri radio yabo yitwa itahuka. Nyuma yo kuvugiraho ibyo batashakaga byari bijyanye na mateka y’uRwanda bahora bahishira batashakaga ko bivugwa, radio itahuka yamaze hafi ukwezi kose idakora ngirango ni minsi (26). Hanyuma yaho bamaze kwiyunga bakimara kuyifungura yongera kuyivugiraho.

Kwa Rwigara Assinapol umuryango we Uwiteka Imana Nyiringabo yabahaye 50% shares mu bwami bwe ngo bashyingire Umwami Kigeli Ndoli abakobwa babo (2) ANNE na DIANE, ariko barabyanze kugeza Anne yitabye Imana. Bamaze kwanga umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo bacirwaho iteka rya burundu ndetse Uhoraho Imana Nyiringabo ategeka ko Umwami Kigeli Ndoli atangarize isi na bayituye ko SHIMA DIANE Rwigara na musaza we Arioste Rugwiro Rwigara nabo bagiye kwicwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ibyiringiro bya Adeline Mukangemanyi Rwigara abimaraho burundu.

Ibyo byabaye mu gihe Raila Amolo Odinga na we wanze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo agahitamo guhabwa intonorano zingana na (two trillion kenya money) kugirango ataba umukuru w’igihugu agakuraho Samuei William Ruto wagiye kubutegetsi bitanyuze mu buryo bwemewe na baturage ahubwo akaba yaarashyizweho n’urukiko rw’ikirenga.

Nibwo kwa Rwigara batangiye technicalities zo gushaka uko bakoresha umukobwa wabo SHIMA DIANE RWIGARA na kundaga cyane ariko nyuma yo gusuzugura Imana data wo mu ijuru nkorera ndetse nanjye akansuzugura. Nibwo bamugiriye inama yo kuza ku ndeba agakoresha uburiganya yitwaje cash kugirango murongore ambere umugore kandi ibyo yari yarabyanze, ariko bamaze kubona agacu k’Ubuhanuzi kisezerano ry’uko ubwami bugiye kwima ingoma, nibwo batangiye ayo mayeri yose kandi nyamara bari barabiherewe ubuntu.

Nibwo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yambwiraga ati Umwami Kigeli Ndoli tangaza ibyo kwa Rwigara barimo kugutegurira bijyanye no kuriganya ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango isi yose imenye uko gahunda zabo zimeze.

Ibyo maze kubitangaza nabwo nta bwo bashinzwe, ahubwo bahinduye umugambi ibyo ku nshyingira umukobwa wabo babivaho, ahubwo bamugira inama yuko azaza aje gukuzaho (files numbers) zo kuba baraciriweho iteka, ariko akazaba agendereye gushakisha uko yaryamana nanjye kugirango atware inda noneho azabyare umwana wanjye bazabone uko bazagera mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ibyo nabyo Uwiteka Imana Nyiringabo arabihishura maze arambwira ati, ibyo nabyo ubitangaze kugirango bamenye yuko imigambi yabo yose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ayikurikiranira hafi cyane.

Ibyo byose byabaye hagati yo guhabwa (ultimatum) y’iminsi (55) nayo yahise ikurwaho kubera ubwo buriganya barimo gutegurira Umwami Kigeli Ndoli.

Ibyo birangiye inzira bari basigaranye ziba zirafunzwe.

None barimo gushakisha ngo uko bangeraho, ikibazo s’ukungeraho, ahubwo ikibazo ni bwa buriganya bu barimo aho bavuga ko ngo kugabana imitungo yabo ibice (2) ngatwara kimwe bagasigarana ikindi, ngo bizamfasha kwima ingoma kandi ngo ubwo bwami bo nta mugabane cyangwa bazaba babufitemo.

Aha ngaha wibaza icyo umuntu ashaka kikakuyobera! Uwiteka aguhaye ubutabera urabwanze! Aguhaye ubwami urabwanze! Agusabye gushyingira umuhungu we urabyanze! Aguciriyeho iteka nabyo urabyanze!

Mu byukuri kwa Rwigara niki bifuza ko Uwiteka Imana Nyiringabo yabakorera?

None se barifuza ko basimbura Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mu gufata ibyemezo!? Ndabona bashaka kuba Imana hanyuma Uwiteka agahinduka kwa Rwigara! Ibyo nabyo ntibishoboka.

Ariko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubigisha abahe isomo ryiza abahanaguremo ibinure bibari mu matwi kuko barakize bibagirwa gukinga niho bazumva neza kugirango basobanukirwe Uwiteka uwari we.

All are the same:

Abega nabo babwiwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo gutanga € 700,000,000 kugirango batazajyanwa mu butayu bugufiya babyanga, none babonye Ubuhanuzi burimo gusohoza umurimo wabwo batangiye kwiruka amahanga bayasaba ko ngo mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bagiramo uruhare bagahabwa imyanya mu nteko z’abiru z’ibwami. Sinzi niba bibwira yuko bahanganye n’Umwami Kigeli Ndoli cyangwa niba bahanganye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

I think there’s no way a human being can impose God of Heaven, it’s impossible, because he’s a creator one. The United States of America cannot impose God of Heaven. Rather he’s the one who can impose them, because always he’s in the right position.

Abanyamadini babwiwe gufunga insengero zabo mu gice cya (296) cy’Ubuhanuzi baranga, kugeza aho Uwiteka Imana Nyiringabo yakoresheje Umwakagara Paul Kagame agafunga insengero. Na nubu nta bwo bari bashirwa ngo barashaka ko bafungurirwa izo nsengero birengagije itegeko ry’Imana. Reka mutegereze ho hatoya muzaba mureba ibigiye kubabaho kuko uwanze kumva yumvira ijeri.

Ikigaragara umuntu afitanye ikibazo n’Imana, nibwira ko ariyo mpamvu itajya yumva no gusenga k’umuntu kuko bose ni bamwe yaba abasenga cyangwa abadasenga kamere yabo nimwe bahuriyeho n’i mwe yitwa kutumvira Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ubuhanuzi bwavuze ko umukuru w’igihugu cya IRAN witabye Imana yashakishije uko bakora uburiganya bwo kumpa cash nkemera kwitirirwa idini ryabo rya Islam, babonye Uwiteka Imana Nyiringabo abihishuye, bategura undi mugambi wo kohereza umukobwa w’u Munya IRAN ufite nyina ukize cyane ngo ashakishe uko azambona maze murongore hanyuma umwana tuzabyara azitwe HUSSEIN. Uwo president wa IRAN yitwa IBRAHIM RAIS wari ahurutse muri Kenya yavuganye na Samuei William Ruto bategura umugambi w’uko bahitana Umwami Kigeli Ndoli ntiyatinze yahise ahira mu ndege arikumwe na ba minister (4).

Abana b’abantu bose ni bamwe bahuje uburiganya n’ubu bandi.

Ubuhanuzi kandi bwavuze ko ngo Ingabire Ange Kagame na we yifuje kuba yatandukana na Ndengeyingoma umugabo ngo niba byashoboka ko na kwemera kubana nawe. Urabona ko abantu bose biruka inyuma y’ubutegetsi bashaka uko babwinjiramo bakoresheje uburiganya bukabije cyane.

Bivuze ko, niba uburiganya bw’umwirabura busa n’ubw’umwarabu, bugasa n’ubw’umuzungu, bugasa n’ubwa biyitirira Imana ko ngo bakijijwe kandi ko bajya mu ijuru, then there’s no perfect man in this world. All are the same.

Nabonye RNC-Kayumba Nyamwasa bahangayikishijwe ngo ni uko maze igihe ntakora. Bibazaga niba byaba ari amahirwe ngo Umwakagara akaba yarampitanye. Bavuze ibigambo byinshi bitameshe ndetse na ba pastors babo bashyigikiye politike yabo y’ikinyoma ngo barebe ko basimbura umwana w’umwega ku ntebe yabukunzi.

Narababwiye ngo ngihumeka nta butegetsi muteze kuzafata! Niba se Umwakagara Paul Kagame ajya gusaba Donald Trump ko ngo yaduhuza, ko atari yigera avuga ko yamuhuza na RNC cyangwa Kayumba Nyamwasa!?? Mwararindagiye bigeze aho? Acheni mhahe Maisha ina mambo ni mengi sana. Na ikiwa mtaendelea kufikiria hivyo, busi mtangoja sana!!!

Narindi mu milimo ifitiye rubanda akamaro, kandi n’ubundi ibihe biri imbere nta bwo muzajya mu mbona cyane nkuko mwajyaga mu mbona mbagezaho amakuru buri munsi, kubera imilimo myinshi byashoboka ko ntazajya mbagezaho amakuru nkuko najyaga nyabagezaho hafi buri munsi.

Abega aho bageze byabakomeranye bari hagati y’urupfu n’umupfumu imyanya bashaka mu nteko y’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ntayo bazabona. Uyu mugambi umaze imyaka hafi (4) ndibuka ko bwa mbere byavuzwe mu Buhanuzi 2021, none bigeze aho babajyana kwa Donald Trump na we umugambi wabo yawuteye utwatsi bagaruka bimyiza imoso!!!

Ubu noneho bari mu mugambi wa mahitamo hagati yo kujyanwa mu butayu bugufiya, no kwishyura icyiru baciwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kingana na € 700,000,000 ubwo birumvikana ko haziyongeraho € 50,000,000 y’ubucyererwe. Amahitamo na yabo. Ubwo America yamaze kumenya gahunda neza uko ziteye bizaborohera kumenya ukwiye gusimbura Umwakagara ku ntebe yabukunzi. Ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze mukwezi kwa gicurasi 2024 bigiye kujya ahagaragara mu minsi iri mbere.

Ntibizabatangaze ni mubona ingabo za UN zije muri gakondo ya bakiranutsi nkuko Ubuhanuzia bwabivuze, ibyo ni mubibona muzamenye ko ihererekanya bubasha hagati y’Umwami Kigeli Ndoli n’Umwakagara Paul Kagame risohoye umulimo waryo. Naramuka apfuye mbere yuko biba muzamenye yuko hagiye kuba intambara yo kurwanira ubutegetsi hagati ya RDF ingabo zaturutse Uganda na banyepolitike baturutse mu gihugu cy’Uburundi. Ariko bose nta numwe uzafata ubutegetsi (still ingoma izicarirwa n’Umwami Kigeli Ndoli uzazana amahoro arambye muri gakondo ya bakiranutsi aho abizera bazacira imanza isi yose.

Abiringiye ijambo ry’Ubuhanuzi bazategeka isi yose kandi ibihugu byose bizaza guca bugufiya muri gakondo ya bakiranutsi no gusaba guhabwa umugisha n’Umwami Kigeli Ndoli icyo gihe uzaba alimo gucira imanza zitabera amahanga yose. Ibi byose biri mu Buhanuzi ababisomye barumva ibyo mvuga.

Ubu ngubu bigaragara ko nta cyenewe, ndetse mwarantereranye, ariko igihe nigera data wo mu ijuru akanyibuka kuko bisa naho na we yantereranye. N’ukuli n’ukuli ndababwiza ukuli yuko muzifuza kumbona kandi bitagishobotse. Igihe nabashaga kuboneka nta bwo mwa nkeneye, hanyuma se bizagenda gute igihe nzaba ntabasha kuboneka? Umunyabwenge abasha gutekereza aya magambo agatahura icyo mbabwiye. Ibi ndabivuga hakiri kare kugirango ni bisohora muzamenye ko ndi we.

Ubundi se icyo mutazi niki usibye ishyari n’urwango byuzuye imitima yanyu, ugirango hari icyo muyobewe!?? Imvugo yanjye murayizi kandi nanjye imvugo yanyu ndayizi twese turaziranye niki se mudasobanukiwe usibye kwigira nk ’ishashi yarinze yarangiza ikigiza nkana!

Urwango munyenga data wo mu ijuru azarubitura! Kuko mwarwanije umukiranutsi utariho urubanza. Kandi na mwe ibyo imitima yanyu irabizi neza, ndetse irabihamya. Uterekereza ko hari umuntu wazindurwa no kwandika aya magambo nanditse adafitanye urubanza namwe!?? Ndabizi ko mubabazwa ni uko data yampaye guca imanza zitabera nkaba narabaciriyeho iteka. Ariko muranziza ubusa kuko nta bwo nigeze mbi musaba gusa yashimye yuko ndi umwizerwa ampa umulimo guca imanza zitabera.

Ariko n’ubwo munyenga kandi mukandwanya, jyewe simbanga, ndetse simbarwanya, ahubwo ndwanya imikorere yanyu mibi mukuramo indonke zidakwiriye, kandi zidahuye nibyo muhamya ko mwizera. Nyamara jyewe nkora umulimo wa data. Ubu kandi wasanga naya magambo nanditse atabashimishije. Ubabara yiyahure!!! Mwirirwa muvuga ngo nigeze Kristo umwana w’Imana, mbaye ndi we ikibazo kirihe? Ariko kandi nimba ntariwe, ubwo se sijye wibeshya mu mutima wanjye? Mubabazwa niki? Kandi atari mwe mwikoreye umutwaro??? Pili pili usio kula yakuwashia nini???

The bible says that at the age of the world the second coming will come to judge the whole world and its habitants. Please can you define or distinguish nor explain who’s the first coming, and who’s the second coming? Are they the same? Is it one person who’s divided into two? Or are two people deferent?  And if are two people deferent what’s their relationship?

For free of charge, my father of Heaven can do whatever he wants, in any style, anyway, and can use anyone he wants. But if you think that you know, actually you know nothing according what you ought to know that’s the truth of the matters.

Kandi ubu iyo aba umu yamahanga utari uwo mwihanga ryanyu, muba Mwirirwa mujya kumureba ndetse munamushyira amaturo, ariko kuko uwo data yatoranije akomoka mu ihanga ryanyu muramurwanya kubera ishyari gusa urebye nta nikindi. Ariko se ko namwe mutikunda ubwo uwo mwa kwanga bikamubabaza yaba arinde? Niba murenga kw’itegeko rya data kandi muzi ko ribahana yewe nta washobora ibya abafarisayo….

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar