Monthly Archives: October 2025
Abasinga, abashambo, inshuti zabo, batavuga rumwe n’ingoma y’abega bahuye na kaga gatigeze kubaho kuko basuzuguye Uwiteka Imana Nyiringabo
Mailaka w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ikindi cyago gikomeye cyane ku abashambo na abasinga arabatandukanije ubumwe bwabo buhise burangira. Twibutse aba bashambo n’abasinga batejwe ibyago bikomeye ni abashambo n’abasinga batavuga rumwe n’ingoma y’abega balimo kwa Rwigara Assinapol na Kayumba Nyamwasa nibo bahagarariye iyo miryango nkuko ibiro byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) ubivuga.
Rwigara Assinapol: Ibyabo ni amayobera ariko aho bucyera biraza gusobanuka
Ibiro ntaramakuru biratangaza amakuru yihutirwa cyane ku muryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol. (Heaven News Media Agency) iratangaza ko kwa Rwigara Assinapol hagiye kuba ibyago byihuse vuba cyane niba nta gikozwe. Bikomeza bivuga ko uwahoze ari Nyampinga w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (SHIMA DIANE RWIGARA) umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo umumanukiye niba akomeje kwinangira umutima agiye gukora ubukwe bwihuse murusengero azajyanwamo wenyine nta baherekeza.
Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rwaburijemo imyanzuro ya Samuei William Ruto yagombaga guhinduka itegeko
Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rwa hagaritse imyanzuro ya mategeko igera ku (8) Samuei William Ruto yari Yasinye ashaka kugurisha ibigo bya Leta bilimo Kenya pipeline ni kivuko cya Mombasa ni bindi amaze igihe amira amacandwe yabyo yifuza ku bigurisha kugirango abigure bihinduke imitungo ye abinyujije ku banyamahanga.
















