Daily Archives: October 31, 2025

Umusomyi wacu watwandikiye witwa Mugisha clement ashobora kuba yigiza nkana cyangwa aka atazi amateka y’urwagasabo

Mugisha urakoze kutwandikira utubaza iby’ingoma y’Abashambo n’Abasinga, mu byukuli baca umugani ngo usinzira areba ikirago aba yigiza nka. Ibijyanye namakuru yo mujuru dutangaza aturuka mu ijuru kandi uyaduha abifitiye gihamya, none se urahakana yuko Abega, Abashambo, Abasinga, Abashingwe, ataribo bagize government y’uRwanda ni ya Uganda? None mwageretseho na DRCongo ari nako mucamo abanyarwanda ibice kugirango mwiharire ibyiza by’ibyo bihugu abandi babere abagaragu kandi mwarafatanije kubigeraho.

Translate »
Skip to toolbar