Ubwo US yategetse kugerageza intwaro kirimbuzi byakomeye!!!
Donald Trump president of the united states bwa mbere mu myaka (30) ishize yategetse yuko ingabo z’igihugu zitangira igeragezwa ry’intwaro kirimbuzi kwitegura intambara ya (3) y’isi (third world war). Ibi bibaye nyuma yaho Russia batangaje yuko bagerageje igisasu kirimbuzi cya (missile) bagerageje ku inyanja ya (Pacific Ocean) kucyumweru gishize bivugwa icyo gisasu cya (missile) gifite ubushobozi bwo kuba cyagera ahantu hose kw’isi bashobora kugitera kandi ko gifite ubushobozi bwo guhagarara mukirere kugeza kirangije gukora ibyo gikora.
Ikindi gikomeye kivugwa uburyo iyo (missile) ikozemo bivugwa ko ifite imashini yo mu bwoko bwa (nuclear) ariyo iyitiza imbaraga zidasanzwe no kuba gifite umuvuduko uruta ijwi ry’umuntu.
Ibihugu byo kumugabane w’Uburayi ba cyise (sky fall) ariko bahakanye amakuru yatangajwe na Russia ikigo gishinzwe gukora intwaro kirimbuzi bavuga ko amakuru batanze ashobora kuba atariyo, ariko igihugu cya (Norway) cyo cyatangaje amakuru yimpamo cyemeza ko amakuru yatangajwe na Russia ari ukuri kuko bo babonye amakuru yaho igerageza ryabereye mu majyaruguru y’inyanja ya (Pacific Ocean) bemeje amakuru yatangajwe na Russia ko ari ukuri.
Ibi bikaba bifitanye isano no kuba Donald Trump yaratwaje biguru ntege ku guhagarika intambara ilimo kubera muri UKRAINE bitewe ni uko icyari kigenderewe nta bwo ari ukurasa Ukraine gusa, ahubwo yabaye impamvu y’intambara ya (3) y’isi yose.
Ni mu gihe ibihugu bya Russia, North Korea, China, Venezuela, ndetse na Iran, barimo gukora ibitwaro bya kirimbuzi kandi bakana bigerageza kumugaragaro bashakisha uko bashotora US ngo barebe ko bayambura ubudahangarwa.
Russia yatangaje ko icyo gisasu cya missile baheretse kugerageza ngo nta bwo gishobora kubonwa na anti-nuclear ikorera mukirere bivugwa bakoresheje ikoranabuhanga rya vuba aho ntarindi ikoranabuhanga rindi ryali ryakorwa mu guhangana ni cyo gisasu gifite ubushobozi bwo kuba cyagera aho cyaraswa hose, ariko kw’ikubitiro bagerageje ku kirasa ku ibilometero bigera ku bihumbi (14000) ariko bavuga yuko atari ho kugarukira gusa ko gishobora kuba cyakomeza.
Ibi byose bishingiye ku manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aherutse kubitangaza yuko agiye kunyeganyeza isi kubera ikinyoma cya banyamadini (religious) bakomeje guhangana n’Uwiteka Imana Nyiringabo basuzugura ubutabera bwe.
egretnewseditor@gmail.com













