Intumva irira kumuziro

Uyumunsi tugiye kubagezaho ikiganiro cya Bwenge na Buhanga kiraba kilimo ingingo nyinshi zijyanye n’Ubuhanuzi ndetse nibisobanuro byimbitse cyane, kugirango abakunzi b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo barusheho gusobanukirwa cyane uburyo hariho umuvuduko munini cyane kandi mugari cyane inyuma y’Ubuhanuzi ni manza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo.

Bwenge: Ariko uyumunsi ko ari Sunday tukiri muri (weekend) nari nkwiye gushaka Buhanga tukavugana ndabona Ubuhanuzi bwose twasomye burimo gusa naho bugiye gusohoza umurimo wabwo kandi nyamara nta na gahunda yo gutahuka dusubira muri gakondo ya bakiranutsi twari twategura kandi ni we ujya avugana n’Umwami Kigeli Ndoli. Reka noneho muhamagare ariko se ubu nta kiryamiye aruhutse, ok, nta cyo nabona ko ari jye aranyakira.

Waramutse Buhanga we, wihangane ko ngukanguye Nifuzaga ko twahura hari ibintu byihutirwa twavugana sinzi niba ushobora kubona umwanya nka saa inne 10: am hrs. Tukaba twahura.

Buhanga: Yewe nta bwo unkanguye nari na byutse hari utuntu narindimo gutunganya usibye nta gahunda zindi narimfite niyompamvu na byutse kare kugirango ntaza guhera mu buriri nka za kunanirwa kugira icyo nakora kuko ni bwiraga yuko nshobora kwisubirira mu gitanda niruhukire.

Bwenge: ubwo noneho gahunda niyo ngiyo kandi aho duhurire ni ha handi n’ubundi dusanzwe duhurira. Ahubwo jye ndagiye uransangayo naho mukanya. Ok, yewe reka nyure kuri station nshyiremo (fuel) ndabona asa nagiye gushiramo.

Buhanga: Noneho se niki Bwenge agiye kumbaza la! Nta kindi buriya n’Ubuhanuzi dore ko kuva Umwami Kigeli Ndoli yatangaza Ubuhanuzi bwa Raila Odinga wanze kumvira Uhoraho ngo abe umukuru w’igihugu yitwariye intonorano nta bwo twari twabonana buriya wasanga ari byo bisobanuro akeneye kuko Umwami Kigeli Ndoli yavuze ko ngo hasigaye ikimenyetso kimwe nacyo kigakurwaho maze umwana w’umwega agakurwa ku ngoma.

Bwenge: ariko se ubu nta hakiri kare uwaba nkoze ka command kisupu bakaba bayitunganya arajya kugera hano imaze gutungana dore nanjye numva inzoga naraye nyoye za nteye kurwara umutwe. Reka mbaze waiter niba bagira isupu yihene. Waiter please come, waiter hello sir, what can help you? I’m good, just I need goat soup do you have it? Waiter yes we have it, so, then can you please prepare two goat soup and accompaniment? Yeah sir!

Buhanga: muraho professor, amakuru yawe? Nizere ko umeze neza kandi uri amahoro.

Bwenge: Yewe ndabona ndaho amahoro yo ni yose, ariko kandi hari igihe njya mbona atuzuye bitewe no kuba dusaziye imahanga ese wowe wumva kuba mu mahanga bihagije? Ariko ubwo uzi imisoro ya hano ko yandembeje usanga umushahara wose witwarirwa na ba bazungu ugirango turi iwacu byibuze umuntu yajya ahembwa akagira nicyo abika, ariko kuva cya cyorezo cya covid19 cyaza mu isi ubuzima bwahise buhinduka.

Buhanga: Yewe nta mahoro yamashama yingurukira, burya iyo amashami adateye ku giti cyayo cy’umwimerere usanga ni mbuto zacyo zitoryaha.

Bwenge: Ibyo tubyita (Gravity) mu bijyanye ni binyampeke kuba icyintu gishobora kubaho mu buzima bwacyo butari ubw’umwimerere wacyo biturutse ku bwenge bwa muntu. Reka wenda nkomerezeho nkubwire icyatumye nguhamagara, urabizi neza ko ujya ukurikira Ubuhanuzi kundusha bitewe ni uko jyewe ahanini akazi nkora katampa umwanya mwiza wo gukurikira cyane ariko njya gerageza iyo nabonye ka weekend ntahuze cyane nkacishamo amaso. Wabonye urupfu rwa Raila Odinga umunyepolitike warukomeye cyane uburyo yapfuye amarabira ngo yafashe ari ku wa (5) bamujyana mu bitaro ayo ni amakuru nakurikiye yibitangaza makuru byo muri Kenya apfa ku wa gatatu aho yari yajyanywe mu bitaro byo mu Buhinde.

Abandi bakavuga ko ngo bashobora kuba barajyanye maiti mu Buhinde nkuko bajyanye Dr. Magufuri na we watwawe kuvurirwa muri Kenya igihe cya covid19 agapfira muri Kenya ariko bagashaka guhisha ko atapfiriye muri Kenya bagahita bamutwara mu bitaro byo mu bihinde ngo bazavuge ko ari ho yaguye.

Ngirango uribuka neza ko Raila Odinga yari kimwe mu bimenyetso byo kwima ingoma k’Umwami Kigeli Ndoli, hamwe na bakobwa bombi bo kwa Rwigara Assinapol.

Buhanga: ndabyibuka neza cyane kuko narabikurikiye cyane

Bwenge: Niyomapmvu naguhamagaye kuko nzi neza ko undusha gukurikira, urabona ko hasigaye umukobwa wa Rwigara Assinapol witwa SHIMA DIANE RWIGARA ngo agomba gupfa kuko ari we kimenyetso cya nyuma gisigaye kugirango Umwakagara akurikireho.

Buhanga: Oya gupfa byo agomba gupfa kuko yahawe ubutabera mu ba mbere bugitangira we na murumuna we ndetse na mama we na basaza be, ariko nta bwo babihaye agaciro. Icyo mvugiye oya ni uko hagati y’Umwakagara na DIANE harimo ba NYAMPINGA (2) bagomba gusimbura abo kwa Rwigara, urumva gupfa DIANE Rwigara hazahita hakurikiraho NYAMPINGA ugomba guhura n’Umwami Kigeli Ndoli hanyuma Umwakagara akabona gupfa.

Bwenge: Icyo ni cyo cyatumye nguhamagara ngo unsobanurire, none se buriya ni ngombwa ko DIANE apfa, nta bundi buryo bundi buhari Imana yakoresha?

Buhanga: Nta buryo buhari kuko yahawe ubutabera aranga, yewe Ubuhanuzi bwa babujije gushyingira Anne mu gice cya (257) Ubuhanuzi bwavuze ko nibaramuka bashatse kumushyingira undi muntu azajyanwa ku mpera y’ubutayu. None se SHIMA nyuma y’urupfu rwa murumuna we yakoziki? Bigeze bashaka Umuhanuzi ngo bavugane nawe? Kandi uretse ibyo umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya mwirukanye kw’isi we na mama we urumva ziriya files numbers zose za bemerera ko bakomeza kuba kw’isi ya bazima.

Bwenge: None se buriya DIANE aramutse agiye gusura Umwami Kigeli Ndoli za files numbers za kurwaho? Kandi yaravuze ko zitajya zikurwaho!

Buhanga: Icyo kibazo nigeze ku kimubaza rimwe ansubiza ko ngo biterwa na case y’umuntu, haba hariho case ziri mu bushobozi bwe (in his capacity) hakaba nizindi ziba ziri mu bushobozi bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. So in my understanding the case of Rwigara families has been compromised in one way or the other. According the King of peace Kigeli Ndoli yavuze ko ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yakoresheje izina ryo kwa Rwigara kugirango abashe kubategereza mu butayu bugufiya, byaje kugeraho arambirwa Imana ibonye ko arambwiwe itangira kumubwira ko batazaza kandi ko igiye kwica umukobwa wabo nk’ikimenyetso cyo gusuzugura kugirango abantu bose bazamenye ko basuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Umwami Kigeli Ndoli abonye ko ibintu bibaye compromised hagati yabo no kwa Rwigara n’Uwiteka Imana Nyiringabo ahitamo guhagarika guca imanza zitabera ngirango usuye www.inyangeNewss.com uhita ubona ko yahagaritse guca imanza zitabera cyeretse wenda like special cases according to him.

Nkurikije uko Ubuhanuzi burimo kugenda kandi ukwiye kwibuka icyintu kimwe, nujya wumva Umwami Kigeli Ndoli ahora agaruka ku inkuru runaka mu buhanuzi ujye umenye ko akari inyuma gahinda umuriro. Ngirango uzi ukuntu umwaka wa 2023 ushize ya wumaze wose avuga kubibazo byo kwa Rwigara, umwaka wa 2024, 2025 yavugaga kubibazo bya Raila Odinga, biriya twabyita nko gutanga abagabo kugirango ibigiye kuzaba nta za bibazwe nubwo akenshi atajya abivuga nkuko jye mbivuze.

So what I think it’s matter of Rwigara’s family, niba abashaka gushyingura nta bwo birikure kuko Imana yabahaye umwanya uhagije ndetse inatwara na Odinga kugirango ibereke ko itabibasiye ahubwo ari bo bayisuzuguye. Byose bizaterwa na SHIMA nashaka gupfa azapfa vuba byihuse. Nashaka gukomeza kubaho kuzageza igihe cye cyategetswe nabyo azabibona. Gusa igiteye impungege ni uko nejo wa kumva ngo yapfuye kuko nta mwanya usigaye yasigarijwe urumva ahangaha Uwiteka arimo kureba inyungu ze ndetse akanareba igihe cyagenwe iyo icyo gihe kigeze ari nta cyo uri bwiriza ubwo ibyawe biba birangiye.

Bwenge: Yewe uransubije neza cyane ndanyuzwe, ariko hari ikindi cyintu kimwe nsigaje ku kubaza ngo unsobanurire, ko hari aho nabonye mu Buhanuzi Umwami Kigeli Ndoli abantu bamwita (Messiah) byaba ari byo cyangwa na bantu baba bivugira.

Buhanga: Namubajije icyo kibazo aransubiza ngo ni abantu babimwita ngo ariko we siko yi yita, ariko aza kumbwira irindi jambo ryamvangiye arambwira ngo mbese imilimo akora niba ariyo ituma abantu bamwita ko ngo ari (Messiah) ngo kandi iyo milimo akaba ariyo (Messiah) yagombaga kuza gukora mu isi ya bazima, ngo ikindi mubaza ni iki? Ubwo twarangije ikiganiro binyobeye jyewe icyo nakoze n’ugukurikirana Ubuhanuzi ni manza zitabera zose uko bikurikirana ngo ndebe ko ari byo, nyuma yo kubona president wa IRAN witwa IBRAHIM RAIS wari ahurutse muri Kenya avuganye na Samuei William Ruto uko bahitana Umwami Kigeli Ndoli ntiyatinze yahise ahira mu ndege nahize nemera hakurikiraho urupfu rwa Papa Francis, hakurikiraho Biden gutsindwa amatora Ubuhanuzi bwa Donald Trump yahanuye 2020 nabwo burasohora nta kindi nongeye kubaza cyane ko Donald Trump we yamuhanuye inshuro ebyeri 2016/2020/2024 ngayo ng’uko, ariko aba Israelites banyanyagiye kw’isi hose, kandi uziko batahuka bava mu Misiri hariho abasigaye inyuma, abana Moses yabyaye baheze muri Ethiopia hamwe na nyina Umuhanuzi Moses amaze gupfira mu misozi….

Bwenge: Yewe ndumva ibisubizo nashakaga mbibonye urakoze cyane ndabona na ka command kisupu nakoze bakazanye reka turebe uko twigenza ubwo uziko naje nta ni cyayi mfashe.

Buhanga: Reka kubeshya wowe ujya unywa icyayi ko winywera agahiye.

 Bwenge: Jyewe rero nkurikije isobanuro umpaye ndumva nasenga DIANE agapfa vuba hanyuma uwo NYAMPINGA mushya agahita ahura n’Umuhanuzi rwose jyewe ndambiwe kuba mu mahanga.

Buhanga: Hhhh wibagiwe ko gusenga byaciriweho iteka uzahita ucirwaho iteka automatically

Bwenge: Uziko nari nibagiwe yego we ni hatari.

Buhanga: wakwirirwa wirushya Imana nta wushyira hutihuti ikorera mu gihe cyayo, gusa nanjye ndumva byagira vuba. Ariko ubwo uziko hazapfa abantu benshi nubwo twifuza ko uliya mwega avaho azahitana abantu.

Bwenge: Imana yavuze ko azicwa na SPINAL CORD none se ubwo bazadukira abantu babice kandi yapfuye urwikirago.

Bahanga: Bazahita barwanira ubutegetsi.

Bwenge: Ibyo ni akazi kabo jyewe icyo nifuza ni uko avaho ubwami bukima ingoma kuko repubulika itemewe na mategeko zirandambiye rwose kandi zingeze ahabi.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar