Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahora aburizamo imigambi yincakura
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza yuko Kayumba Nyamwasa agiye gushyirwa mu ishuli ryísumbuye (high school/secondary school) kugirango abashe kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari Imana Nyiringabo.
Ishyaka rya (Rwanda National Congress) RNC abanyamuryango baryo basigaye na bo bazahinduka nk’utwana tw’utunyeshuli tudafite umwalimu wo kutwigisha kuko bakurikiye umwuka w’ikinyoma kandi barabwiwe banga kumva kuko amatwi yabo yuzuyemo ibinure none ibyo ibinure bigiye gukurwamo na mazi ashyushye kugirango babashe mumva neza.
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bivuga ko ngo hagiye kuvuka ibindi birego bizatangwa n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, (human right organization) kandi ibyo birego bakaza bitanga mu ibanga kuko bazaba badashaka ko bitangazwa cyangwa bishyirwa ahabona ngo kugirango bizabafasha uburyo Kayumba Nyamwasa yazatabwa muri yombi.
Ni amakuru ibiro ntaramakuru bitangaje nyuma yo kubagezaho inama yakozwe na bashambo barimo bategura umugambi uko bakoresha uburiganya bagashaka umuntu bazakoresha mu buryo uwo muntu ya kwihindura inshuti n’umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha akaba n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.
Hanyuma uwo muntu yamara kubona ko yigize inshuti ye kandi ko amaze kwemeza Umwami Kigeli Ndoli, maze akamuha cash amubwira ko akwiye kujya gusura umuryango we aho uri muri (Netherlands) noneho kuko azaba azi igihe azahagurukira yurira indege za magigiri z’abashambo nazo zikurira indege ba ka mugenda inyuma cyangwa bakamutangayo aho agiye ku buryo azamanuka indege bamureba bakamugenda inyuma kugeza babonye aho atuye ku mugabane w’Uburayi.
Maze bakazategura uburyo bazamucisha igihanga ubwo azaba agarutse muri Africa cyangwa se byananirana ba gashimuta umuryango we bagambiliye kugirango bamutegeke ku bakurirwaho za files numbers zimaze kubageza ahakomeye.
egretnewseditor@gmail.com













