Abasinga, abashambo, inshuti zabo, batavuga rumwe n’ingoma y’abega bahuye na kaga gatigeze kubaho kuko basuzuguye Uwiteka Imana Nyiringabo
Mailaka w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ikindi cyago gikomeye cyane ku abashambo na abasinga arabatandukanije ubumwe bwabo buhise burangira. Twibutse aba bashambo n’abasinga batejwe ibyago bikomeye ni abashambo n’abasinga batavuga rumwe n’ingoma y’abega balimo kwa Rwigara Assinapol na Kayumba Nyamwasa nibo bahagarariye iyo miryango nkuko ibiro byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) ubivuga.
Abanyamadini nabo bakorana niyo miryango cyangwa inzu nyarwanda na bo batejwe ibyago bikomeye cyane kugirango ibikorwa byabo bijyanye na niyobokamana bigishaga bihite birangoraho burundu kuko byamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo mu manza zitabera zicibwa n’umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha.
Twibutse ko ibi byago birareba gusa abari mu buhungiro batavuga rumwe n’ingoma y’abega nkuko byatangajwe nijuru.
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru kandi bikomeza bivuga ko ndetse na bitwa ko ari inshuti zabo, na bo ibyo byago bizabageraho maze ibyari gakondo zabo zizatwarwa na bandi bataziruhiye.
egretnewseditor@gmail.com













