Rwigara Assinapol: Ibyabo ni amayobera ariko aho bucyera biraza gusobanuka

Ibiro ntaramakuru biratangaza amakuru yihutirwa cyane ku muryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol. (Heaven News Media Agency) iratangaza ko kwa Rwigara Assinapol hagiye kuba ibyago byihuse vuba cyane niba nta gikozwe. Bikomeza bivuga ko uwahoze ari Nyampinga w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (SHIMA DIANE RWIGARA) umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo umumanukiye niba akomeje kwinangira umutima agiye gukora ubukwe bwihuse murusengero azajyanwamo wenyine nta baherekeza.

Amakuru akomeza avuga ko umuryango wose wa Rwigara Assinapol urakaliye umucamanza uca imanza zitabera kandi ko na we abarakaliye cyane ku buryo hatabayeho kwicisha bugufiya ku muryango wa Rwigara Assinapol ni wo uzabihomberamo. Ibiro ntaramakuru bikomeza bivuga ko bagiye guhura ni byago by ’impanga cyangwa inzitane kandi bizabatera umubabaro mwinshi cyane utarigeze kubaho.

Ibiro ntaramakuru bikomeza bitangaza yuko nyakwigendera Anne Uwamahoro Rwigara na we ababazwa no kuba yarashutswe na nyina akamubuza gushakana n’umucamanza uca imanza zitabera, akaba adashaka ko mukuru SHIMA DIANE RWIGARA ko yashyingirwa mu gihe we yagiye adashyingiwe. Sibyo gusa yaje mu cyumweru gishize yaje gusaba Umwami Kigeli Ndoli kubahiriza imanza zitabera kuko ngo bari bahuje isezerano rimwe barifatanije.

Abashobora kubagezaho ubu butumwa mwaba mu bafashije kuko burihutirwa cyane kandi ni ngenzi.

Akaga, ibyago, na makuba bitewe no gusuzugura umucamanza uca imanza zitabera ndetse no kuburizamo gahunda y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bimanutse ku buryo bwihuse cyane kugirango gahunda z’Uhoraho Nyiringabo zibashe gukora umurimo wazo.

Uwo muryango ugiye gucikamo ibice (2) igice kimwe gikurweho ari cyo cyari gifatiye runini uwo muryango, maze hasigare ikindi gice kidafite umumaro cyangwa kidafite imbaraga kitazagira icyo kimarira uwo muryango bikaba itangiriro ryo gushiraho burundu k’uwo muryango no kwibagirana kw’isi ya bazima.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar