Hari umugore watutse umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, yahawe guhanishwa urupfu rw’umwana we w’umuhungu akunda cyane!!!
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko hari umugore watutse Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kubera gutuka umucamanza Majeshi Leon Ainesha, Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye uburwayi bukomeye ku mwana we w’umuhungu akunda cyane, ubwo burwayi bukazamuhitana.
Nyina umubyara yatutse umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ibitutsi bigayitse kandi bibi cyane, ndetse anifuza yuko ngo yazapfa ari umukene asabiriza. Kubera icyo gitutsi cyo gusabiriza gitumye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo afata icyemezo cyo kwambura umwana we ubuzima.
Ubuhanuzi buvuga ko ngo akunda uwo mwana w’umuhungu cyane kurusha abandi bose basigaye, Uhoraho Nyiringabo akaba amanuye umubabaro mwinshi cyane kuri uwo mugore kugirango amenye ko ubutabera bukorera kw’isi ari ubw’Uwiteka Imana Nyiringabo. Kandi ko umucamanza ubuhagarariye yatoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ibiro ntaramakuru byo bivuga ko nyuma yurwo rupfu rw’umwana we w’umuhungu abamuzi bose nta bwo bazongera gukinisha ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Uwo mugore n’umuhungu we bahise bahise bacirwaho iteka rya burundu nkuko bigaragara mu manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
OCT 21,2025 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the woman insult chief justice of the world Majeshi Leon Ainesha obtained № 35,295/0010/0025 thus is heaven decisions.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the son in death obtained № 35,296/0010/0025 thus is heaven decisions.
egretnewseditor@gmail.com















