Abanyamasengesho Uwiteka Nyiringabo agiye kubahana yihanukiriye

Ibiro ntaramakuru byo ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko abantu biyita abanyamasengesho, abahanuzi, abahanuzi kazi, yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubafungira utuyira twari dusigaye yacishagamo ikibatunga kubera kutumvira ijambo ryayo.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru bikomeza bivuga ko amasengesho yamaze gucirwaho iteka rya burundu. Kujya mu butayu kujya gusenga ijuru ribifata nko gukiranirwa no kutumvira cyangwa gusuzugura.

Iyo biza kuba ubutamenya wenda byari kuba byumvikana, ariko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabizi neza yuko mubizi neza ariko mwanze kubireka. Kubera iyo impamvu agiye kubateza ibibazo bikomeye cyane mutazashobora kwikuramo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar