Umuhutu uhaze arenza akaguru nyina

Mu by’ukuli umuntu ashobora gukoresha uburyo bwo gushaka Imibereho myiza mu nzira zinyuranye kugirango ubeho. Ariko iyo hajemo gutuka Imana kumugaragaro ukabikora ugambiliye gushaka amaramuko, wirengagije yuko byose ari iby’igihe gitoya bisa ni biteye ubwoba kuri bamwe, n’ubwo abandi babimenyereye cyane.

Dr. Bizimana Jean Damascène uwamugirira neza yavuga ko arwaye mu mutwe, ariko amahirwe nta bwo arwaye mu mutwe ni muzima ubwenge burakora neza cyane ku buryo nta kumwibeshyaho.
      Bizimana
Umuzungu yaravuze ngo: Time will tell you. Igihe ubusanzwe ni cyo kigena Imibereho myiza cyangwa mibi. Igihe gishobora guhindura ibintu bagahinduka uko bitari.
Dr. Bizimana Jean Damascène yatutse Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ku karubanda yifatiye Imana ku gahanga maze arayitokoza. S’ubwa mbere haba intambara kw’isi ya bazima. Mu zo tuzi cyangwa twumva zabayeho halimo intambara ya mbere ni ya kabili byose byahitanye abantu.
Yewe na Israel bapfushije milliyoni (6) mu ntambara ya kabili y’isi, nta bwo bigeze batuka Imana Uwiteka Nyiringabo.
Iliya ntakebwa y’Umuhutu yihinduye umututsi ngo irebe ko yamara kabili, yatutse Imana Uwiteka Nyiringabo yaremeye ijuru n’isi, mbese inkotanyi usibye abantu zishe niki kindi zakoze gikomeye mw’isi ya bazima? Reka dutegereze igihe ni cyo kizagena ibimukwiriye.
Si we wenyine, na Rwandamura Charles amaze guhaga amaturo ya bakirisitu yahagaze ku karubanda aravuga ngo Umwakagara Paul Kagame avukana n’Umwami Yesu Kristu akorera. Byari bivuze yuko atarakwiye gukomeza kubwiriza mu izina rya Yesu, ahubwo ko agomba kuzajya abwiriza mu izina rya Paul Kagame Umwakagara.
Ibi byose ababyumva cyangwa ababibona, mukwiye kumenya ko kamere muntu ihora yifuza kumera nk’imana kandi bidashoboka
I said, “You are gods, sons of the Most High, all of you; nevertheless, like men you shall die, and fall like any prince,” is from Psalm 82:6-7 in the Bible. The passage refers to human judges and rulers who were given a position of authority and called “gods” but are still mortal and will be held accountable for their actions. 
Obadiah 4:2
Though you ascend as high as the eagle,
And though you set your nest among the stars,
From there I will bring you down,” says the Lord.
Birumvikana yuko ubutegetsi bwa RPF muri mu Buhanuzi, kandi icyintu cyose kijya mu Buhanuzi nta bwo kiba cyoroshye! Iyo abantu batabaye maso bashobora guhura na kaga gakomeye cyane.
“Herod, the voice of God” refers to a biblical event in Acts 12:21-23, where the people of Tyre and Sidon acclaimed King Herod as a god during a speech, though he was a man. In response to Herod accepting this glory instead of giving it to God, an angel of the Lord struck him down, causing him to be eaten by worms and die. This event serves as a biblical example of divine punishment for human pride and for taking God’s glory.
S’ubwa mbere abantu bagerageza kwiyita Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. None se ko Dr. Bizimana avuga ko inkotanyi zakijije abanyarwanda, none ho uwazanye umuti wo gukiza covid19 we azamwita iki ko yakijije isi yose!? Uwahagaritse cyangwa watsinze intambara ya kabili y’isi yose, we azamwita iki? Uyu mugabo mu mutwe we halimo amazi gusaaa…
Ese aya magambo iyo bayavuga, batekereza yuko adashobora kuzabagiraho ingaruka? Ese bazavuga ko bategetswe kuyavuga? Hari habayiki ngo bategekwa kuvuga gutyo? Byanze bikunze aya magambo agomba kuzagira ingaruka kubayavuze!!!
Reka ndagize nsaba magigiri Ndahimana Albert (Butera) guhagarika za e-mail kunyandikira ubwira ubusa. Niba za files numbers naguhaye zidahagije nta cyo bintwaye ndakongera izindi. I’m not your friend. I don’t know you, you don’t know me. Ubwo buriganya bulimo ubugoryi uzabuzira kandi cyane!!!
egretnewseditor@gmail.com 
Translate »
Skip to toolbar