Russia yahaye igisasu karundura igihugu cy’Uburundi bagiye kurasa mu Rwanda
Bitewe ni uko muri abagome kandi mukaba nta cyiza munyifuriza, niyompamvu ubu Buhanuzi mbwanditse mu buryo bw’inkuru kugirango mudasobanukirwa neza ibyabwo. Iyo muza kuba mudahiga ubugingo bwanjye nari kubandikira neza kandi ndizera yuko byari kubafasha cyane kuko igihe kigeze ngo mu nkenere kandi byanze bikunze muzankenera mwa byemera cyangwa mu tabyemera.
Ubuhanuzi bw’ejo hashize bwatanze ubwoko bw’igisasu Russia yahaye igihugu cy’Uburundi bagiye kurasa mu Rwanda. Uyumunsi na bwo Ubuhanuzi bwongeye gusubiramo iyi inkuru uko Uburundi bugiye kurasa mu Rwanda igisasu cya karundura.
Mwitegurire ibigiye kubabaho kuko mwafashe abantu bose mu bahindura abanzi banyu wagirango nta mu maro tubafitiye. Mu menye izina ry’iki gisasu byafasha kurushaho mbere yuko bakurasa. Ariko kuko muri inzu yabagome mukaba mugenza ubugingo bwanjye nta mpamvu reka muhure nizo ngaruka z’urwango mwazaniye nibimara kubageraho nibwo muzabona umusaruro w’urwango rwanyu.
Ikindi nta mpamvu yo kubaha amakuru kuko ntabwo nd’umukozi wanyu kandi nta bwo mu mpemba umushahara ku kwezi. Mfite ububasha n’ubushobozi bwo guhagarika ibyo byose balimo gutegura ariko kuko mwaduhinduye abanzi banyu reka mwirwalize.
egretnewseditor@gmail.com













